Inkuru Nyamukuru

Perezida Ramaphosa arashaka gutegeka indi manda

Perezida wa Afurika y'Epfo, Cyril Ramaphosa yatakambiye Abanyafurika y'Epfo kuzamuhundagazaho amajwi mu

RIB igiye kwinjira mu kibazo cya ruswa y’Igitsina ivugwa mu magare

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwemeje ko rugiye gukurikirana ibibazo byavuzwe mu irushanwa

Ruhango: Babiri bakekwaho gutema abanyerondo bafashwe

Abagabo babiri bakekwaho gukomeretsa abanyerondo bakoresheje imihoro n'abacuruzi  bafashwe. Igikorwa cyo gushakisha

Minisitiri w’Intebe wa Congo yeguye

Uwari Minisitiri w'Intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Sama Lukonde, kuri

Rayon Sports yakatishije itike ya 1/2 y’Igikombe cy’Amahoro

Nyuma yo gutsinda ikipe ya Vision FC ibitego 3-1 mu mukino wo

Amerika yaburiye Israël kudatera umujyi wa Rafah

Leta Zunze Ubumwe za Amerika binyuze mu Kanama k'Umutekano mu Muryango w'Abibumbye,

Umunyamabanga wa Njyanama ya Huye yisanze afunganywe n’umubyeyi we na sekuru

*Abandi bafunzwe harimo abavandimwe b’umubyeyi we Tuyishime Consolation uherutse kwegura muri Njyanama

Gakenke : Umwuzure watwaye umwarimu

Habyarimana Andre wigishaga mu ishuri rya GS Rukura, yatwawe n’amazi  y’umwuzure, ubwo

Ruhango: Abanyerondo bane bakomerekejwe n’abitwaje imihoro

Ubu bugizi bwa nabi bwabereye mu Mudugudu wa Bunyankuku, Akagari ka Mutara

Goma: Batwitse amabendera y’ibihugu by’ibihangange

Kuri uyu wa mbere tariki ya 19 Gashyantare 2024, muri Repubulika Iharanira

U Rwanda rurarinzwe- ab’i Rubavu batanze ibitekerezo ku ntambara yo muri Congo

Abatuye mu Karere ka Rubavu gahana imbibi na Repubulika ya Demokarasi ya

Perezida wa Guinea yasheshe guverinoma

Muri Guinea ubutegetsi bwa gisirikare buyobowe na Mamady Doumbouya bwasheshe guverinoma buvuga

Uburayi bwinjiye mu bucuruzi bw’amabuye y’agaciro y’u Rwanda

Minisitiri w'Ububanyi n'amahanga w'u Rwanda, Dr Vincent Biruta yashimangiye ko Guverinoma y’u

Bugesera: Hashize iminsi 3 hashakishwa abantu baheze mu kirombe

Hashize iminsi itatu abasore babiri bari mu nda y'ikirombe kiri mu Kagari

Munyenyezi uregwa Jenoside yasabye kudahorwa umuryango yashatsemo

Béatrice Munyenyezi yabwiye urukiko ko niba icyaha ari gatozi nk'uko bivugwa adakwiye