Inkuru Nyamukuru

Inyeshyamba zayogoje Congo zahawe igihe ntarengwa cyo kuva aho zigaruriye

Inama y’abakuru b’ibihugu byo mu karere yateraniye i Addis Ababa muri Ethiopia

Nyanza: Umugore akurikiranyweho kwica umugabo we

Umugore yatawe muri yombi akurikiranyweho kwica umugabo we mu mudugudu wa Gako

Kicukiro: Abari ku rugerero basabwe umuhate mu bikorwa byubaka igihugu

Urubyiruko rw'abanyeshuri basoje amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2021-2022 rwo mu Murenge

Muhanga: Umugabo wishe mugenzi we yasabiwe gufungwa burundu

Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Muhanga bwasabiye Maniraguha Janvier igihano cya burundu

Ibibazo bya Congo byahawe umwihariko mu nama yabereye muri Ethiopia

Kuri uyu wa Gatanu abakuru b’Ibihugu by’Akarere ka Africa y’Iburasirazuba baganiriye ku

Gicumbi: Yanitse imyenda ku nsinga yicwa n’amashanyarazi

Umugore uri mu Kigero cy'imyaka 33 mu Karere ka Gicumbi, yanitse imyenda

Étincelles FC irasaba umuhisi n’umugenzi

Ubuyobozi bw'ikipe ya Étincelles FC bwasabye abakunzi b'iyi kipe, kongera kwitanga ngo

Congo yatangaje imibare y’abasirikare b’u Rwanda binjiye ku butaka bwayo

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko abasirikare b'u

Perezida Kagame yitabiriye inama yitezwemo imyanzuro ikomeye

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame,yageze i Addis Ababa muri Ethiopie,

Uko umuntu yamenya inshuti y’icyerekezo kizima mu buzima bwe

Mu buzima kuva tugeze kuri iy'Isi, twahuye n'abantu benshi batandukanye, bamwe muri

Umusaza w’i Nyamasheke yakoresheje isanduku azashyingurwamo

Ngarambe Straton w'imyaka 83 washakanye na Nezzia Mukaruteranyo bo mu Murenge wa

 Inzu ya Mudugudu yahiye harimo umwana usinziriye abaturanyi barahagoboka

Ruhango: Inzu y'Umukuru w'Umudugudu mu Karere ka Ruhango yafashwe n'umuriro mu gihe

Gatsibo: Mudugudu arakekwaho kwicisha umuhini umuturage 

Mu Murenge wa Ngarama , Akagari ka Karambi , Umudugudu wa Ruziranyenzi,

Twagiramungu Jean woherejwe n’Ubudage yahawe igihano ahita ajurira

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyamburanya imipaka ruri i Nyanza mu

Congo ihakana kurasana n’abasirikare b’u Rwanda, ngo “yarashe amabandi”

Guverineri w’Intara ya Kivu y’Epfo witwa Ngwabidje Kasi, yasohoye itangazo rivuguruza ibyatangajwe