Inkuru Nyamukuru

Nepal: Hari ubwoba ko abantu bose bari mu ndege bishwe n’impanuka

Polisi yo muri Nepal ivuga ko icyizere cyo kubona abantu bazima mu

Ian Kagame yagaragaye mu barinda Perezida

Igihagararo, ubumenyi n’ubushobozi Ian Kagame, umuhungu wa Perezida Paul Kagame, arabifite ngo

Abagore 626 bari bafungiye i Muhanga bimuriwe i Nyamagabe 

Abagore 626  agorororerwaga muri Gereza ya Muhanga bimuriwe mu igororero ry'iNyamagabe ho

Perezida Kagame yahaye ubutumwa ibihugu by’ibihangange

Perezida wa Repubuka w'u Rwanda, Paul Kagame, yibukije ibihugu byiyita ko bikomeye,bishaka

Akajagari k’abapasiteri batize Tewolojiya mu nzira zo gushyirwaho akadomo

Mu gihe mu Rwanda hakomeje inkundura yo gushinga amadini n'amatorero, hari impungenge

Papi Clever na Dorcas bakoze amateka mu gitaramo bamuritsemo indirimbo 300 -AMAFOTO

Papi Clever na Dorcas bakoze igitaramo gikomeye cyabaye kuri uyu wa Gatandatu

M23 yashyizeho Umugaba Mukuru w’Ingabo Wungirije

Perezida wa M23 Bertrand Bisiimwa kuri uyu wa gatanu tariki 13 Mutarama

Rusizi: Umugabo yagiye kugura utunini apfira imbere ya Farumasi

Umugabo uvuka mu Karere ka Nyamasheke washakiraga imibereho mu Mujyi wa Kamembe

Ibyihariye kuri Brig Gen Mboneza nimero ya kabiri mu ndwanyi za M23

Brig Gen Yusuf Eric Mboneza uzwi nka Yusuf Mboneza ni indwanyi yamamaye

Basketball: K-Titans yatanze ubutumwa, REG itangira neza

Mu mikino ya Mbere ya shampiyona, ikipe REG Basketball Club na Patriots

Impuruza ku bitero bya FARDC n’ingabo z’u Burundi mu Minembwe

Abanye-Congo bo mu bwoko bw'Abanyamulenge batanze impuruza ku bitero simusiga by'Ingabo za

Dr Kayumba yasabiwe gufungwa imyaka 10

Kayumba Christopher, wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, Ishami ry’Itangazamakuru, yasabiwe

Burundi: Umunyamakuru watotejwe kenshi n’ubutegetsi yapfuye

Umunyamakuru ukomeye mu gihugu cy'u Burundi Nindorera Agnes yitabye Imana kuri uyu

Kigali: Byari amarira gusezera kuri Irakoze w’imyaka 12 wazize impanuka

Irakoze Ken Mugabo w'imyaka 12 uheruka , gupfira mu mpanuka y'imodoka yabereye

Muhanga: Umuturage yavumbuye “igisasu” aho cyari giteze

Siborurema Célestin wo mu Mudugudu wa Naganiro, mu Kagari ka Remera mu