Inkuru Nyamukuru

MINEDUC yahawe impano y’ibitabo 5,505 by’amateka y’u Rwanda

Minisiteri y’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu yahaye Minisiteri y’uburezi ibitabo 5,505 by’amateka y’u

CAF yemeye Stade ya Huye

Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru ku Mugabane wa Afurika , yemeje ko Stade Mpuzamahanga

Ibihumyo byagaragajwe nk’intwaro yo guhashya ingwingira n’imirire mibi

Ibihumyo kuri ubu bifatwa nka zimwe mu mboga zikungahaye ku ntungamubiri zigira

Umunyenganda Mironko yakoreye icyaha mu Rukiko ahita afungwa

Urukiko rw’Ikirenga rwahanishije umunyenganda Mironko Francois Xavier igifungo cy’imyaka ibiri, harimo umwaka

Dr Kayumba wari ugiye kumara imyaka 2 muri Gereza yagizwe umwere

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize Dr Kayumba Christopher umwere ku byaha yari

Ahmed Adel yahagaritse Amran muri Musanze FC

  Umutoza mukuru w'ikipe ya Musanze FC, Ahmed Abdelrahman Adel yafashe icyemezo

Mu nkengero za Sake, imirwano ikomeje guca ibintu hagati ya FARDC na M23

Mu masaha ya kare kuri uyu wa Gatatu, imirwano hagati y’ingabo za

Nyamagabe: Uko umugore yivuyemo “bikamenyekana ko yishe umugabo we”

Umugore wo mu Karere ka Nyamagabe arashakishwa nyuma y'amakuru yamenyekanye ko yishe umugabo

UPDATE: Urukiko rwarekuye umuhanzi Jowest waregwaga “gusambanya ku gahato umukobwa”

UPDATED: 19h25 Umujyanama w’uyu muhanzi Jowest yabwiye RadioTV 10 ko Urukiko rwategetse

Rubavu: Yarwaniye icyuma n’uwo “ashaka gukoresha ubutinganyi ku gahato”

Umugabo w'imyaka 30 yatawe muri yombi akurikiranyweho gushaka gusambanya umwana w'umuhungu w'imyaka

Gicumbi: Ubumenyi bujyanye no gutegura ifunguro bubafasha kurwanya igwingira mu bana

Abatuye mu murenge wa Byumba bavuga ko nyuma yo guhabwa amahugurwa atandukanye

AS Kigali y’abagore ishobora guterwa mpaga ya Kabiri

Nyuma yo guterwa mpaga kuko abakinnyi banze kujya gukina bitewe n'ibirarane by'imishahara

Musanze: Hadutse uburwayi budasanzwe mu ngurube – Dore ingamba zihutirwa ku borozi (AUDIO)

Ubuyobozi bw'Akarere ka Musanze bwategetse imwe mu Mirenge ikagize guhagarika ibikorwa byo

Perezida Kagame yahinduye umuyobozi Mukuru wa Polisi

Perezida Paul Kagame yagize DCG Felix Namuhoranye, umuyobozi Mukuru  wa Polisi asimbuye

Kigali – Abanyeshuri basanze Umwarimukazi wabigishaga yapfiriye mu nzu

Nyarugenge: Umwarimukazi  w'imyaka 61 wigishaga ku kigo cy'amashuri abanza cya Kamuhoza, yasanzwe