Inkuru Nyamukuru

Umunyamategeko “ukekwaho gusaba uwo yunganira gutanga ruswa” Urukiko rwanzuye ko afungwa by’agateganyo

Saa kumi z’umugoroba nibwo inteko y’umucamanza umwe n’umwanditsi w’urukiko yinjiye mu cyumba

Rutsiro: Inyamaswa itazwi ikomeje kurya amatungo ngo “iyishwe siyo”

Bamwe mu borozi baturiye ishyamba rya Gishwati -Mukura mu Turere twa Nyabihu,

Rayon Sports yatsinze Rutsiro FC, Police yo yanyereye i Rusizi

Rayon Sports yatsinze Rutsiro FC, 1-0, mu gihe mu Karere ka Rusizi,

Ruhango: Ambassade y’Ubuyapani yatashye icumbi yubakiye abakobwa biga muri APARUDE

Ambasaderi w'Ubuyapani mu Rwanda Mr Masahiro IMAI, n'inzego zitandukanye batashye 'Dortoir'' y'abakobwa

Guverinoma ya Uganda yamaganye amakuru y’uruzinduko rwa Gen Saleh mu Rwanda

Nyuma y’uko ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru yagarukaga ku by’uruzinduko rwa General

Karongi: Umugabo n’umugore we basanzwe mu nzu bapfuye

Mu Mudugudu wa Kagari mu Kagari ka Gitega mu Murenge wa Gitesi

Urukiko rw’i Nyanza rufite dosiye 2,400 zitaraburanishwa zirimo izakiriwe muri 2020

Mu Majyepfo Urukiko rw'Ubujurire rw’i Nyanza rumaze kwakira dosiye 2, 400 zitaraburanishwa,

Umunyamategeko afunzwe azira gusaba uwo yunganira guha ruswa Umucamanza

Ku wa 15 Gashyantare 2022  Urukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro rwatangiye kuburanisha ifunga

Nyamasheke: Hatashywe ishuri ry’imyuga ryubatswe ku nkunga ya RDB

Kuri uyu wa 16 Gashyantare 2022 mu  Murenge wa Cyato mu Karere

Muhanga: Umugabo wagwiriwe n’ikirombe amaze iminsi itatu munsi y’ubutaka

Uwizeyimana Elie w’imyaka 19 y’amavuko wo mu Kagari ka Ngaru mu Murenge

Umuganda uragarutse: Uko uw’uku kwezi uzakorwa hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda COVID

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yashyize hanze amabwiriza y’uburyo umuganda rusange usoza ukwezi uzakorwa

Perezida Kagame ari mu Budage mu nama yiga ku gukora inkingo muri Afurika

Perezida wa Repubulika y’uRwanda Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu tariki ya

Karasira Aimable uzwi nka Professor Nigga yanze kuburanira kuri SKYPE

Kuri uru wa Gatatu Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwari gutangira kuburanisha mu

Umusizi Innocent Bahati “ngo yerengeye Uganda”, RIB ivuga ko yakoranaga n’abanzi b’u Rwanda

*Amakuru ya RIB yatangaje Rumaga watabarije Bahati Umuvugizi w'Urwego rw'Ubugenzacyaha, (RIB) Dr.Murangira

America yohererejwe uwahoze ari Perezida ukomeye ukekwaho ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge

Uwahoze ari Perezida wa Honduras, Juan Orlando Hernández, yatawe muri yombi, ahita