Nyamasheke: Imirasire y’izuba bahaye abaturage ntiyigeze itanga amashanyarazi
Abaturage batuye ku kirwa cya Kirehe, mu Karere ka Nyamasheke bavuga ko…
Abayobozi b’ibigo bongera amafaranga y’ishuri bayita “agahimbazamusyi” baburiwe
Bamwe mu bayobozi b'ibigo by'amashuri ya tekiniki, imyuga n’ubumenyingiro (TVET Schools) bashyiraho…
Ni igihe kigeze cyo kugarura abanyamahanga muri APR?
Nanubu haribazwa niba koko ari igihe kigeze cyo kugarura abakinnyi b'abanyamahanga muri…
AMAFOTO: REG yabonye itike yo gusubira muri BAL
Mu mukino wa Gatanu wa kamarampaka, ikipe ya REG Basketball Club yegukanye…
Nyamvumba Robert yasoje igihano cye cy’amezi 30 muri Gereza
Nyamvumba Robert, Umuvandimwe wa Gen. Patrick Nyamvumba kuri ubu ari mu buzima…
CAF CC: Rashid yongeye gufasha AS Kigali
Igitego cya Kalisa Rachid cyafashije AS Kigali gukomeza mu kindi cyiciro cya…
Perezida Kagame azitabira imihango yo gutabariza Umwamikazi Elizabeth II
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ko, Perezida Paul Kagame yageze mu Bwongereza aho…
APR FC isezerewe mu mikino ya CAF Champions Ligue itarenze umutaru
APR FC yari ihagarariye u Rwanda mu mikino nyafurika y’amakipe yabaye aya…
Bugesera: Hakozwe umwitozo ngiro wo guhangana n’ibiza
Mu Karere ka Bugesera, abayobozi bo ku rwego rw'umurenge bafite aho bahuriye…
Kicukiro: Amadini n’amatorero arasabwa kwigisha abayoboke kwirinda ibiyobyabwenge
Abayobozi b'amatorero n'amadini mu Murenge wa Gikondo mu Karere ka Kicukiro basabwe…
Sena y’u Rwanda yasohoye itangazo ku iyimurwa ry’abatuye “Bannyahe”
Sena y'u Rwanda yasohoye itangazo rishima ibikorwa bya Guverinoma byo gutuza heza…
Mu mezi icyenda ashize ibiza byahitanye abantu 137 – MINEMA
Minisiteri ishinzwe ibikorwa by'ubutabazi MINEMA, yatangaje ko muri uyu mwaka abantu 137…
Putin yagaragaje ko nta gitutu bariho mu ntambara yabo muri Ukraine
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yavuze ko nta gitutu iki gihugu kiriho cyo…
Ukraine yacyuye abasirikare bayo babaga muri Congo
Abasirikare ba Ukraine bari mu butumwa bw’amahoro mu Burasirazuba bwa Congo basubiye…
Rwanda: Abana bafite hagati y’imyaka itanu na 11 bazakingirwa COVID-19
Minisiteri y'Ubuzima yatangaje ko mu ntangiriro z'ukwezi kwa 10 abana bafite imyaka…