Inkuru Nyamukuru

Inama ya Perezida Kagame na Tshisekedi yashyize inyeshyamba za M23 mu ihurizo

Mu gihe Abakuru b'Ibihugu by'u Rwanda na Congo Kinshasa mu biganiro bahuriyemo

Muhanga: Amatara acanira Umujyi yarazimye biratiza umurindi abajura

Amatara yo ku muhanda n'acanira Umujyi mu duce dutandukanye amaze igihe ataka,

Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

Mu kiganiro n'Abanyamakuru cyabaye mu cyumweru gishize, Umuyobozi w'Akarere ka Ruhango Habarurema

Imyanzuro y’ingenzi wamenya mu biganiro byahuje P.Kagame na Tshisekedi i Luanda

Kuri uyu wa Gatatu muri Angola nibwo habereye ibiganiro bihuje Perezida Paul

Makini wateguye Agaciro Tournament arasaba Ferwafa ubufasha

Ni irushanwa ryatangiye tariki 30 Kamena, riri kubera kuri Stade Mumena. Iri

Nyaruguru: Umukecuru wasenyewe n’ibiza amaze imyaka 5 asiragira asaba kubakirwa

Mukagatare Immaculee, wo mu Mudugudu wa Musindi, Umurenge wa Rusenge mu Karere

Nyanza: Utaragiye mu kizamini cy’akazi ni we wabonye amanota ya mbere – RIB hari abo ifunze

Abakozi 2 b'Akarere ka Nyanza barimo uwari Gitifu w'Umurenge by'agateganyo n'umukozi w'Ikigo

PSG yerekanye umutoza mushya wasimbuye Mauricio Pochettino

Nyuma yo gutandukana n'uwari umutoza mukuru wayo, Mauricio Pochettino, ikipe ya Paris

Gasabo: Umukozi wo mu rugo wemeye ko yishe umwana agiye kuburanishwa mu mizi

Nyirangiruwonsanga Solange ukekwaho kwica umwana wo mu rugo yakoragamo, urubanza rwe rugiye

Perezida Tshisekedi yaraye i Luanda, isi yose imuhanze amaso we na Perezida Kagame

Congo, u Rwanda, Akarere ndetse n’isi yose bihanze amaso Perezida Félix Antoine

Nyanza: Abikorera bishatsemo miliyoni 5 bubakira uwarokotse Jenoside

Abikorera bo mu Karere ka Nyanza bishyize hamwe bubakira inzu uwarokotse Jenoside

Ingabo za Congo zirukanywe mu duce 15 twari mu nkengero z’ibirindiro bya M23

Inyeshyamba za M23 zikomeje kotsa igitutu ingabo za Leta ya Kinshasa mu

EU yasabye imitwe irimo M23 kurekura uduce twose yambuye ingabo za Leta

Mu ijambo rye, ku wa mbere Nyakanga 4, 2022, uhagarariye Umuryango w’ubumwe

Jenoside: Dr. Rutunga Venant uregwa ubwicanyi bwabereye muri ISAR Rubona yaburanye mu mizi

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipaka ruri i Nyanza mu

Ntabwo wavuga ko wibohoye utaba ahantu heza- Meya Nzabonimpa

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi bukomeje ubukangurambaga mu baturage hagamijwe kwimakaza isuku mu