Inkuru Nyamukuru

I Burengerazuba : Mu myaka Irindwi  imisoro yinjijwe yageze kuri Miliyari zisaga 12 Frw

Ikigo Gishinzwe Imisoro n’Amahoro, Rwanda Revenue Authority, cyatangaje ko  Intara y’Iburengerazuba, imisoro

FERWAFA yavuze ku kibazo cy’abarimo Sahabo na York

Nyuma y'uko umutoza w'ikipe y'Igihugu, Amavubi, akomeje kugaruka ku mazina arimo Hakim

Intabaza z’abakobwa bagitaka igiciro gihanitse cya COTEX

Bamwe mu bakobwa bo mu bice bitandukanye bavuga ko kugeza ubu igiciro

Abize gutubura imbuto kinyamwuga bahawe impamyabumenyi

Abahawe amahugurwa n’ ishuri rikuru ryigisha ubuhinzi n’ubworozi butangiza ibidukikije (RICA)   ku

Ku misozi ihanamye ya Ngororero na Rutsiro hagiye guterwa miliyoni 6 z’ibiti

Ubuyobozi bukuru bw'Umushinga Arcos mu Rwanda, buvuga ko bugiye gutera ibiti bigera

Perezida Kagame yasabye urubyiruko guharanira iterambere ry’Afurika

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye urubyiruko gukora ibikomeye no gutanga umusanzu

Rusizi: Abarema isoko barikanga  ibyorezo kuko ubukarabiro budaheruka amazi

Hari baturage barema isoko rya Gatsiro ryo mu kagari ka Gatsiro mu

Abaganga n’abita ku bagore babyara babazwe bongerewe ubumenyi

Abaganga bo mu Bitaro by'Uturere 20 bahawe ubumenyi butandukanye bugamije gufasha umubyeyi

Eugene Anangwe yahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda

Umunyamakuru wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye birimo  w’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru, RBA, Eugene Anangwe ,yahawe

FERWAFA yaciye amarenga ku kongerera amasezerano umutoza w’Amavubi

Ubuyobozi bw'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, bwavuze ku hazaza h'umutoza mukuru

U Rwanda rwoherereje imfashanyo abaturage bibasiwe n’intamabara  muri Gaza

Guverinoma y’u Rwanda  yatangaje ko yongeye kohereza imfashanyo ingana na toni 19

Kigali: Polisi imaze gufata Moto zirenga 2000

Polisi y’Igihugu ivuga ko imaze gufata moto zirenga 2000, zafatiwe mu makosa

Madagascar yacyeje u Rwanda ku bwa Stade Amahoro

Nyuma y’uruzinduko rw’akazi rwa Minisitiri w’Urubyiruko na Siporo muri Madagascar, Abdulah MARSON

Abarimu bashinjwa gutera inda umunyeshuri bakanayikuramo bitanye ba mwana

Abarimu bo muri Saint Trinity de Nyanza bashinjwa gusambanya umunyeshuri bakamutera inda

Hagiye gutahwa Hoteli ya FERWAFA

Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, bwemeje ko mu mezi make