Inkuru Nyamukuru

Nsengiyumva Igisupusupu arafunzwe akekwaho gusambanya umwana

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko kuri uyu wa Gatatu Umuhanzi wamenyekanye

Jenoside: Iyamuremye woherejwe n’Ubuholandi yakatiwe imyaka 25

Urukiko Rukuru mu Rwanda rwahamije Jean Claude Iyamuremye imyitwarire igize icyaha cya

Akarere ka Nyanza gafite gahunda yo gusubiza Rayon Sport ku ivuko

Ubuyobozi bw'akarere ka Nyanza buravuga ko bufite icyifuzo cyo kuzagarura ikipe ya

Byose narabinyoye ariko yari impitanye – Mi Gatabazi avuga uko yarwaye COVID-19

Minsitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney yavuze uburyo yarwaye icyorezo

Yifuza ko bapima intanga z’abagabo bagiranye na we amakimbirane hakamenyekana uwamuhohoteye

*Abaturage bavuga ko uwo ashatse amuhimbira ibyaha bakamufunga *Umuyobozi w'Umudugudu yishinganishije ku

Rwanda: Umubare w’abarwaye Covid-19 wageze ku 10, 495 abamaze gupfa ni 431

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Kamena 2021, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje

Gicumbi: Umurenge wa Rutare aho amazi yari ingume ubu yarahageze

*Kugira ngo bavome banagire ikindi bakora babyukaga saa munani z’ijoro bajya mu

Nyanza: Ihagarara ry’igitaramo ‘I Nyanza Twataramye’ ryateje igihombo kuva ku mahoteli kugera ku banyonzi

Mu Kiganiro n'itangazamakuru cyabaye ku mugoroba wo kuri uyu kabiri, taliki ya

Nitudakomeza kwirinda, na Guma mu Rugo ishobora kuzaba – Dr Edouard  Ngirente

Minisitiri w'Intebe, Dr Edouard Ngirente  yavuze  ko mu mubwiriza mashya yatangajwe kuri

Muhanga: Abayobora isoko rishya bagiye kureba uko abacuruza imboga n’imbuto barindwa Izuba

Nyuma y'uko bamwe mu bacururizaga imboga n'imbuto mu igorofa ry'inyuma y'isoko rishya

Mu Turere 8 n’Umujyi wa Kigali hashyizweho ingamba zihariye zirimo gufunga amashuri n’insengero

Ibiro bya Minisitiri w'Intebe byasohoye itangazo ririmo ingamba nshya zo kwirinda COVID-19

Umushoramari yasubijwe zimwe muri miliyoni ze yibwe amwe akabitswa Padiri

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwasubije umushoramari w'umunyamahanga amafaranga ye agera

Ngoma: Abantu 11 bafashwe basengera mu ishyamba barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid 19

Abaturage bababonye basenga bitemewe ni bo batanze amakuru maze ubuyobozi bw’inzego z'ibanze

Covid-19 yishe abantu 7 abanduye bashya ni 757

Ubu abantu 9 685 ni wo mubare w'abantu bakirwaye Covid-19 hirya no

Banki y’Igihugu yamaganye inoti ya Frw 10,000 y’impimbano iriho ifoto ya Perezida Kagame

Itangazo rya Banki Nkuru y'Igihugu rivuga ko ifoto igaragaza inoti ya Frw