Inkuru Nyamukuru

Muhanga: Umuforomo avugwaho guha impapuro mpimbano abarwaye COVID-19 bagataha

*Uyu muforomo yavunitse ivi asimbutse igipangu ubwo yari agiye gufatwa Umuforomo mu

Abasirikare 1000 b’u Rwanda bagiye guhangana n’inyeshyamba muri Mozambique

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ku busabe bwa Mozambique guhera kuri uyu

RIB yafashe abagabo 5 bakekwaho kugerageza kugurisha inzu y’umuturage

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha RIB rwafashe abagabo batanu bakekwaho kugerageza kugurisha inzu y'umuturage

Covid-19 ifite ubukana budasanzwe “Delta” ibimenyetso byerekana ko iri mu Rwanda – Dr Ngamije

Abanyarwanda barasabwa kuba menge muri iyi minsi, nyuma y'uko ibimenyetso bifatika byerekana

Guverineri Habitegeko yihanije abimurira utubari mu ntoki no mu ishyamba

Karongi: Guverineri w'Intara y'Iburengerazuba Habitegeko François yasabye abatuye Akarere ka Karongi, gushyira

Igice kinini cya DownTown cyafunzwe iminsi 7 nyirayo acibwa Frw 600.000

Akarere ka Nyarugenge kafunze imiryango 22 y'inzu y'ubucuruzi iri ahazwi nka Downtown

Inkoni y’Abanyerondo ikubita abaturage izavunwa na nde? MINALOC ntishyigikiye gukubita

Kigali:  Abanyerondo bakorera mu Mujyi wa Kigali bakomeje kunengwa imyitwarire yabo mibi

Ngororero: Umugabo yakubise ifuni umugore we ahita atoroka

Baraturwango François wo mu Murenge wa Ndaro, mu Karere ka Ngororero ari

Kicukiro: Umusaza wakubiswe n’abanyerondo 6 arasaba kurenganurwa

Niyonsenga Innocent utuye mu Mudugudu wa Iriba mu Kagari ka Ngoma mu

Uwatewe urushinge rwo kuboneza urubyaro rukamugiraho ingaruka arasaba kurenganurwa

Kicukiro: Mukamuganga Joselyne wo mu Murenge wa Gahanga, Akagari ka Kagasa, Umudugudu

Rwanda: Covid-19 yishe abagore 7 n’abagabo 9 handuye 760

Minisiteri y'ubuzima yatangaje ko icyorezo cya Covid-19 cyahitanye abantu 16 ku munsi

Jacob Zuma wabaye Perezida wa Africa y’Epfo yijyanye kuri Polisi ngo imufunge

Hari hashize iminsi yaranangiye, mu masaha yo kuri uyu wa Gatatu, Jacob

Abakobwa 2 n’umusore bakekwaho kwiba umuntu babanje kumusindisha bafashwe

Huye: Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 06 Nyakanga

Abakuriye iperereza mu biyaga bigari biyemeje kurandura imitwe yitwaje intwaro

Inama ya kane y’abayobora inzego z’iperereza n’umutekano mu bihugu byo mu karere

Mushikiwabo yamaganye iyicwa rya Perezida Jovenel Moise

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Mme Louise Mushikiwabo yamaganye urupfu