Inkuru Nyamukuru

Umuforomo wo ku Bitaro bya Byumba birakekwa ko yiyahuye arapfa

Gatete Bernard w’imyaka 38 wari Umuforomo ku Bitaro bya Byumba bikekwa ko

Min Bamporiki yasabye urubyiruko gusasira umuco n’indangagaciro ubumenyi bahabwa mu ishuri

Ubwo yatangizaga ubukangurambaga bugamije kwigisha urubyiruko umuco, amateka n’indangagaciro z’umuco nyarwanda, Umunyamabanga

Abana 4 babuze muri 2018 bakaboneka barapfuye, RIB yafunze 2 bakekwaho kubica

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho kuba inyuma

Abapolisi 7 barimo ba “Offisiye” barakekwaho kurya RUSWA mu bizami bya “Permis”

Abantu 12 barimo Abapolisi 7 n’abasivili 5 beretswe itangazamkuru, bafashwe bakekwaho kurya

Police FC itunguwe na Espoir FC kuri Stade i Nyamirambo

Umukino wa kabiri wa Shampiyona ugenze nabi ku ikipe ya Polisi FC

Inyeshyamba zateye i Bukavu, 36 muri bafashwe ari bazima abandi 6 baricwa

Hamaze gutangazwa umubare w'abantu baguye mu gitero cy'inyeshyamba mu mujyi wa Bukavu

Umuyobozi wa “Gendarmerie” muri Centrafrica yatangiye uruzinduko rw’iminsi 6 mu Rwanda

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza yakiriye mu biro

Muhanga: Hongeye kwaduka udukundi tw’abajura bitwaje intwaro gakondo

Mu Murenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga, abajura bongeye kwadukana ingeso

Kamonyi: Bamaze ibihembwe 2 badahabwa amafaranga yavuye mu muceri bejeje

Bamwe mu bagize koperative  CODARIKA AMIZERO y’abahinga umuceri mu gishanga kigabanya Umurenge

Bukavu: Imirwano yamaze umwanya munini hagati y’ingabo za Leta n’inyeshyamba

Amakuru y'imirwano yabereye mu mujyi wa Bukavu yamenyekanye cyane mu gitondo kuri

CAR: Ingabo zirinda Perezida zarashe ku modoka y’Abapolisi ba UN 10 barakomereka

Ubuyobozi bw’ingabo za UN zishinzwe kugarura amahoro muri Central African republic (MINUSCA)

Uburiganya mu bizamini by’akazi buri kuvugutirwa umuti, ababikora bazajya bataha bamenye amanota

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu ubwo yatangaga ibisobanuro ku nteko rusange y’umutwe w’Abadepite ku

Ruhango: Abahinga kawa biyemeje gucika ku muco wo kuyiharira abakire

Bamwe mu bahinzi ba kawa mu Murenge wa Ruhango, ho mu Karere

RBC yaje ku isonga mu bigo by’icyitegererezo mu gukingira Covid-19 muri Afurika

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima mu Rwanda, RBC n ‘icyo muri Maroc byaje

Kiyovu Sports itunguwe n’imvura y’ibitego 4-0 itsinzwe na As Kigali

Umunsi wa kabiri wa Shampiyona, ikipe ya Kiyovu Sports itunguwe no kunyagirwa