Kwibuka

Kwibuka27: Amayeri ya Burugumesitiri Kagabo Charles mu gutsemba Abatutsi muri Komine Ntongwe

Ruhango:  Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu yahoze ari Komine Ntongwe, (ubu

Nyanza: Abagore n’abakobwa bibumbiye hamwe bafashije Intwaza muri ibi bihe byo Kwibuka

Intwaza zatujwe mu rugo rw'impinganzima mu Kagari ka Mushirarungu mu Murenge wa

Muhanga/Kiyumba: Abarokotse bahangayikishijwe no kutabona amakuru y’aho ababo biciwe

Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, batuye mu Murenge

Nyamasheke: Basoje icyumweru cy’icyunamo, Umuyobozi wa IBUKA yamaganye ubugome bw’abakoze Jenoside

Mu Karere ka Nyamasheke basoje icyumweru cy'Icyunamo ariko iminsi 100 yo kwibuka

Icyatumye Muhorakeye ufite ubumuga bwo kutumva atambutsa ubutumwa bwo Kwibuka

Umubyeyi ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga neza yagaragaje uruhare rwe mu

Muhanga: Abantu 20 bunamiye ibihumbi 11 bashyinguye i Kabgayi mu rwibutso

Inzego zitandukanye z'Akarere ka Muhanga, n'imiryango ifite ababo bashyinguye mu rwibutso rwa

Kwibuka27: Amadini ntiyari afite imbaraga zo guhagarika politiki y’Abahezanguni – Past. Rutayisire

*Mufti w’u Rwanda Salim Hitimana avuga ko nta Sheikh cyangwa Imam w’Umusigiti

Empress Nyiringango asanga habaho ‘Festival’ itangwamo ubutumwa bwo kurwanya Jenoside

Umuhanzikazi Empress Nyiringango yasabye ko mu Rwanda hategurwa Iserukiramuco (Festival) yajya iba

KWIBUKA27:  Ntibyari byoroshye guhungira urupfu mu mbuga ya Kiliziya ya Nyamasheke

Bamwe mu barokotse Jenoside kuri Kiliziya ya Nyamasheke batanga bafite ubuhamya bukomeye

Gicumbi: Urwibutso rwa Gisuna rushyinguyemo abishwe batwitswe, bashinjwa kuba  ibyitso

Mu Karere ka Gicumbi ubwo bibukaga inzirakarengane z’Abatutsi bishwe batwitswe ahegereye ikigo

Uko uwakoze Jenoside n’uwarokotse Jenoside babanye mu nzu imwe. Babanye gute?

Mukagahima Claudine yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 abana mu nzu yiswe

Ishyaka PSP rirasaba Abanyarwanda kwima amatwi abapfobya Jenoside rikihanganisha abayirokotse

Ishyaka ry’ubwisungane rigamije iterambere (PSP) ryihanganishije Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, rivuga ko

“Wagaruye umucyo “, indirimbo ya Korali Jehovah Jireh ijyanye no Kwibuka

Korali Jehovah Jireh y’abahoze biga muri Kaminuza yigenga ya Kigali (ULK) nijoro,

Kwibuka27: Haraganirwa uko Inzibutso za Jenoside 37 zo muri Rusizi na Nyamasheke zagabanywa

Abayobozi b’utu Turere bungirije bashinzwe imibereho myiza y’abaturage bavuga ko hari gahunda

Kwibuka27 : Danny Vumbi yumva umurage ukwiye abato ari u Rwanda ruzira Jenoside

Umuhanzi Semivumbi Daniel uzwi nka Danny Vumbi mu muziki w'u Rwanda yasabye