Kwibuka

Rusizi: Abarokotse Jenoside bibaza ku Barundi bishe ababo n’ubu bataraburanishwa

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi barasaba ubutabera ku ruhare Abarundi bagize mu kwica

Ndayisaba Fabrice Foundation yafatanyije na Real Betis Kwibuka abana bishwe muri Jenoside

Biciye mu bufatanye bw’Umunya-Espagne, Jose Carlos uri mu Rwanda, ikipe y’iwabo Real

Rulindo: Imibiri 3 yashyinguwe mu cyubahiro mu Rwibutso rwa Mvuzo

Imibiri itatu y’Abatutsi bishwe muri Jenoside yakuwe aho yari ishyinguye ijyanwa mu

Ngoma: Hibutswe abari abakozi ba komini zabyaye Ngoma bishwe muri Jenoside

Kuri uyu wa Gatandatu mu Karere ka Ngoma bibutse abari abakozi ba

Urubyiruko rw’abakorerabushake baremeye umuryango w’uwarokotse Jenoside utagira aho uba

Karongi: Ni igikorwa bakoze nyuma yo gukora urugendo ndetse no gusura urwibutso

Bidutera ipfunwe n’ikimwaro kubona hari bamwe muri twe bijanditse mu bwicanyi – Dr. Tuyishime

Umuyobozi w'ibitaro by'Akarere ka Nyanza, Dr.Tuyishime Emile yavuze ko bibatera ipfunwe kubona

Rusizi: Inyigo yo kwagura Urwibutso rwa Nyarushishi yageze ku musozo

Nyuma y'aho abafite ababo bashyinguwe mu Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rw'i

Abafite ubumuga basanga ingaruka za Jenoside zatuma umubare wabo wiyongera

Perezida w'Inama y'igihugu y’abafite ubumuga mu Rwanda asanga ingaruka za Jenoside yakorewe

Muhanga: Bibutse abarenga 500 biciwe kuri Paruwasi i Nyabisindu

Itorero ADEPR ku rwego rw'Igihugu ku bufatanye n'Ubuyobozi mu Karere ka Muhanga

UPDATE: Imibiri 189 ni yo imaze kuboneka ahazubakwa Ibitaro by’ababyeyi i Kabgayi

UPDATE: Mu nkuru twabagejejeho kare ku bijyanye n'igikorwa cyo gushakisha imibiri ahazubakwa

IBUKA ivuga ko kudakurikirana uruhare rw’abasirikare b’Ubufaransa muri Jenoside bibabaje

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Bisesero, n'umuryango uharanira inyungu z’abacitse ku icumu

Kwibuka 27: COVID-19 ibuza Abarokotse Jenoside Kwibuka ababo mu bwisanzure

Nyanza: Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 bo mu Karere ka

Umuryango wa Disi Didace washyinguye mu cyubahiro abana babo 2 bishwe muri Jenoside

Nyanza: Kuri uyu wa 23 Mata 2021, Umuryango wa Disi Didace, Se

Kwibuka 27: Nyamagabe hashyinguwe imibiri 61 y’abatutsi yakuwe ahantu hanyuranye

Mu gihe mu Rwanda hakomeje kwibukwa Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya

Hamaze kumenyekana imiryango 15,000 yazimye mu gihe cya Jenoside

Imiryango isaga ibihumbi 15 niyo bimaze kumenyakana ko yazimye mu gihe cya