Mu cyaro

Ku kirwa cya Kirehe, barasaba Leta kubibuka ikabagezaho amazi meza

Nyamasheke: Abaturage batuye mu Kagari ka Rugali, mu murenge wa Macuba babangamiwe

Gicumbi: Guverineri Nyirarugero yasabye abaturage kurwanya igwingira mu bana

Guverineri w'Intara y'Amajyarugu, Nyirarugero Dancille, yasabye abatuye Gicumbi kugira uruhare mu kugabanya

Ruhango: Ibisasu bibiri byabonetse hafi y’urugo rw’umuturage

Ibisasu bibiri byo mu bwoko bwa 'Grenade'  byasanzwe hafi y'urugo rw'umuturage bitera

Nyanza: Umwana yarohamye mu cyuzi ari kogana n’abandi

Inkuru y'urupfu rwa  Chanceline USANASE w'imyaka  icyenda yamenyekanye mu masaha ya mu

Rusizi: Bamutima w’urugo basabwe gukemura ibibazo bahereye mungo zabo

Ba mutima w'urugo bo mu Karere ka Rusizi basabwe kubanza gukemura ibibazo

Ruhango: Ibibazo by’ingutu abaturage “bajyana mu nzego nkuru” byabonewe igisubizo

Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango bwahaye umurongo ibibazo byinshi abaturage bajyanaga mu nzego

Inkuba yakubise inka enye za Ambasaderi Mugambage

Nyagatare: Inkuba yakubise inka enye z'umuturage zirapfa, byabye mu mvura yaguye mu

Gatsibo: Bafashwe barya ‘brochettes’ z’imbwa banaziha abandi

Abasore babiri bo mu Karere ka Gatsibo, bafunzwe bakekwaho kurya inyama z'imbwa

Muhanga: Umukozi wa sosiyete COMAR yagwiriwe n’ikirombe

Umugabo wakoreraga Sosiyete icukura amabuye y'agaciro yitwa COMAR, yagwiriwe n'ikirombe ahita apfa.

Rusizi: Umugore watawe n’umugabo afite ubwoba ko inzu izamugwaho

Mu murenge wa Giheke, Twagirumukiza Germaine abayeho mu bwigunge, yatawe n'umugabo we.

Ruhango: Abangavu babyariye iwabo barafashwa kwiga imyuga

Bamwe mu bangavu n'abakobwa baterewe inda iwabo, bahawe amahirwe yo kwiga imyuga 

Nyanza: SEDO ntari guhembwa kubera gukoresha abaturage ibidakwiye

Umukozi ushinzwe imibereho myiza n'iterambera (SEDO) mu kagari ka Rwotso, mu Murenge

Gicumbi/Byumba: Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi baremeye abatishoboye

Inteko rusange y'Umuryango RPF-Inkotanyi ku rwego rw’Umurenge wa Byumba yaganiriye ku byagezweho

Nyabihu: Yasanzwe amanitse mu mugozi ukoze mu nzitiramibu

Umusaza witwa Tulinamungu Juvenal wo mu Murenge wa Rugera mu Karere ka

Ibura ry’amazi rihangayikishije abatuye umujyi wa Muhanga

Abatuye mu Mujyi wa Muhanga bahangayikishijwe n'ibura ry'amazi, Ubuyobozi bw'Akarere buvuga ko