Mu cyaro

Abagabo babiri bakekwaho gutera icyuma  no kwambura umusaza batawe muri yombi

Rwamagana: Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho kwambura telefoni

Muhanga: Abaturage bubakiwe isoko banga kurirema

Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga buvuga ko kubakira isoko ryiza aba baturage ari

Karongi: Abakoresha mituelle de santé barasaba ko yajya yishyura indorerwamo z’amaso

Bamwe mu baturage bakoresha ubwisungane mu kwivuza (mituelle de santé) bivuriza amaso

Gicumbi: Abahoze ari abarembetsi batumye Abaminisitiri kuri Perezida Kagame

Abahoze ari Abarembetsi mu Karere ka Gicumbi bakora ibikorwa bihungabanya umutekano w'igihugu

Rutsiro: Abantu batamenyekanye biraye mu rutoki rw’ushinzwe umutekano barambika hasi

Abagizi ba nabi bataramenyekana, biraye mu rutoki  rw’ushinzwe umutekano mu Mudugudu wa

Bugarama: Barasaba kubakirwa gare n’ubwiherero bigezweho

Mu murenge wa Bugarama mu Karere ka Rusizi hafatwa nk'umujyi wunganira umujyi

Muhanga: Ubuyobozi burashinjwa gukingira ikibaba abanyogosi bangiza ibidukikije

Abatuye mu Mudugudu wa Karambo, Akagari ka Butare mu Murenge wa Kabacuzi, 

Nyanza: Abafatanyabikorwa b’Akarere basabwe kunoza ibyo bakorera abaturage

Guverineri w'Intara y'Amajyepfo Kayitesi Alice yasabye abafatanyabikorwa mu iterambere ry'akarere ka Nyanza

Nyabihu/Kabatwa: Amazi yabaye ingutu ngo aboneka basuwe n’Abayobozi bakuru

Kubona amazi meza mu Murenge wa Kabatwa, mu Karere ka Nyabihu ni

Musanze: Bariga uko ikoranabuhanga ryabafasha kumenya ahagiye kuba inkangu no kuzirinda

Mu Karere ka Musanze mu Ishuri Rikuru ry'Ubumenyingiro, IPRC Musanze, hatangijwe amahugurwa

Nyabihu: Ibikorwa by’uruganda rusatura amabuye ruri hagati mu ngo rubangamiye abaturage

Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Nyabihu mu Murenge wa Mukamira,

Musanze: Isomwa ry’Urubanza rw’umuganga uregwa kwica umukobwa wari ufite imyaka 17 ryasubitswe

Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwafashe icyemezo cyo gusubika urubanza ruregwamo Umuganga witwa

Rusizi: Abaturage bizeye gutezwa imbere n’umuhanda uzatwara Miliyari 7.5 Frw

Mu rwego rwo gukomeza kongera ibikorwa remezo mu Mujyi wa Rusizi kuri

Ngoma: Gitifu arakekwaho gutorokana amafaranga y’abaturage 

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Cyerwa, mu Murenge wa Gashanda mu Karere ka

Muhanga: Umugore usanzwe ukora uburaya yasanzwe ku muhanda yapfuye

Uwamahoro Joselyne w’imyaka 34 yasanzwe mu muhanda wo mu Mudugudu Nyarucyamo III