Ruhango: Abantu 5 bakomerekejwe n’abitwaje intwaro gakondo, Mayor ati “Ntabyo nzi”
Abantu bitwaje intwaro gakondo batemye abaturage 5 bajyanwa mu Bitaro. Itemwa ry'aba…
Rulindo: Yaketsweho ubujura ahita agura umuhoro ajya ku kagari gutema Gitifu
Uwitwa Tuyizere w’imyaka 26 y’mavuko wo mu Kagari ka Rubona mu Murenge…
Umugore yaryamye ari muzima, umugabo bari kumwe abyutse asanga yapfuye – Hatangiye iperereza
Nyanza: Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) ruri gukora iperereza nyuma yaho umugore wari…
Umuhanda Muhanga-Ngororero wafunzwe na Nyabarongo ahitwa ‘ku Cyome’
Kuva Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere imvura nyinshi yaraye iguye…
Kamonyi: Abantu 23 bafatiwe mu kabari k’urwagwa nta bwirinzi bwa Covid-19
Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi kuwa Gatanu tariki ya 11 Gashyantare…
Nyabihu: Abana 288 bamaze gusubizwa mu ishuri ku barenga 4283 barivuyemo
Mu Karere ka Nyabihu habarurwa abana 4283 bataye ishuri mu gihe muri…
Huye: Imvura nyinshi yasenye urusengero, umubyeyi n’umwana we bapfiramo
Imvura nyinshi yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya…
Rusizi: Abasenateri babiri batanze umusanzu mu kubakira abatishoboye
Abasenateri babiri bo muri Sena y’u Rwanda, bafatanyije n’abaturage bo mu Murenge…
Nyamagabe: Urubyiruko rwahawe akazi ko gusana imihanda rurashima Leta
Urubyiruko rwo mu Karere ka Nyamagabe mu Ntara y'Amajyepfo, rurashima kuba rwarahawe…
Karongi: Coaster yagonganye n’imodoka ya Polisi
Ku mugoroba wo ku wa Gatanu imodoka itwara abagenzi wa Coaster yagonganye…
Rubavu: Umubyeyi yapfanye n’abana be babiri bagwiriwe n’inzu bari batuyemo
Uwizeyimana Yvonne w’imyaka 23 ndetse n’abana be babiri bo mu Murenge wa…
Muhanga: Abangirijwe n’umuyoboro w’amazi bamaze imyaka ibiri bategereje ingurane
Abaturage bafite imyaka yabo yangijjwe ahanyujijwe umuyoboro w’amazi mu Murenge wa Shyogwe…
Ruhango: Yasabye inzoga umuturanyi ayibuze aramukubita arapfa
Ubuyobozi bw'Umurenge bwa Mwendo mu Karere ka Ruhango buravuga ko Mbanzabigwi Jean…
AMAFOTO: Perezida wa Sena yasuye abanyeshuri ku Nkombo bamwereka ko bakataje mu bukorikori
Perezida wa Sena, Dr Iyamuremye Augustin wagiriye uruzinduko mu Ntara y’Iburengerazuba, yasuye…
Rwamagana: Abana 4 bariye ibimera byitwa “ibiyege” umwe ahita apfa
Abana bane bo mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka Rwamagana bagiye…