Mu cyaro

Nyanza: Umunyeshuri w’imyaka 13 bikekwa ko yabyaye umwana amuta mu musarani

Mu ishuri riherereye mu Murenge wa Muyira, mu Karere ka Nyanza haravugwa

Kirehe: Umugabo arakekwaho kuniga umugore we “agapfa amuziza kumuca inyuma”

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27/10/2021, umugabo witwa

Muhanga: Abo mu Mudugudu wa Kabingo batakaga inzara bahawe ibiribwa

Abaturage bo mu Mudugudu wa Kabingo, mu Kagari ka Nganzo mu Murenge

Gicumbi: Abaturiye ahahoze inkambi ya Gihembe barasaba ko ivuriro ryaho ritasenywa

Bamwe mu baturage baturiye ahahoze inkambi ya Gihembe mu Karere ka Gicumbi,

Rwamagana: Bamaze amezi icumi bishyuza amafaranga bakoreye bubaka ibyumba by’amashuri

Mu Murenge wa Nyakaliro mu Karere ka Rwamagana hari abaturage bagera kuri

Rusizi: Imiryango 35 itishoboye imaze amezi atandatu isaba isakaro

Imiryango igera ku 35 itishoboye itaragiraga aho kuba yo mu Murenge wa

Imvura yatwaye ibisenge by’inzu zicumbitsemo abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Rusizi

Imvura irimo umuyaga mwinshi yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere

Karongi: Imvura ivanze n’umuyaga yasakambuye ibyumba bitatu by’ishuri

Imvura nyinshi ivanze n’umuyaga yaguye ku Cyumweru ahagana saa munani kugea saa

Bugesera: Bamaze imyaka 8 basaba ibyangombwa by’inzu batujwemo ntibabihabwe

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Mayange, Akagari ka Gakamba, Umudugudu

Rusizi/Nkombo: Hari Abaturage batishimiye ko Abayobozi b’Imidugudu bashyizweho aho kubatora

Abaturage bo mu Midugudu ya Gituro na Nyabintare, mu Kagari ka Rwenje

Rulindo: Umugore yasutsweho lisansi arashya arakongoka

Mukagatare Clementine w’imyaka 45  wo mu Murenge wa Shyorongi, Akagari ka Rutonde,

Bugesera: Ibiti by’avoka 1,005 byahawe abaturage mu kwirinda imirire mibi

Abaturage bo mu Murenge wa Mayange,Akagari ka Gakamba,Umudugudu wa Kavumu mu Karere

Muhanga: Umuyaga wa kajugujugu wagushije urukuta 16 barakomereka

Mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa Gatanu, indege ya kajugujugu

Huye: Imodoka yagonze umuntu wari utwaye igare ahita apfa

Mu Mudugudu wa Sogwe, mu Kagari ka Gahana mu Murenge wa Kinazi,

Gatsibo: Abangavu 400 batewe inda z’imburagihe bagiye gusubizwa mu ishuri

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo mu Ntara y'Iburasirazub, bwamaze kubarura abakobwa 400 babyaye