Mu cyaro

Musanze: Imirambo y’abagore babiri barohamye muri Ruhondo yabonetse ku nkombe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki 23 Gashyantare, imirambo y’abagore

Muhanga: Umusore wagwiriwe n’ikirombe amaze iminsi 8 munsi y’ubutaka

Nyuma y’uko Uwizeyimana Elie w’imyaka 19 wo mu Murenge wa Nyarusange mu

Musanze: Bakomeje gushakisha imirambo y’abagore babiri barohamye muri Ruhondo

Abagore babiri bo mu Murenge wa Gashaki mu Karere ka Musanze barohamye

Kamonyi: Abaturage bafashije Polisi gufata moto yambuwe umumotari

Abapolisi bo mu ishami rishinzwe kurwanya ubujura (Crack down) kuwa Gatanu tariki

Gicumbi: Abaturiye umupaka wa Gatuna begerejwe ibicuruzwa 

Bamwe mu baturage baherereye mu Murenge wa Cyumba ku mupaka wa Gatuna,

Rutsiro: Inkuba yakubise abantu batatu umwe ahasiga ubuzima

Abantu batatu bo mu Karere ka Rutsiro bakubiswe n’inkuba ku mugoroba wo

Ngoma: Imodoka Perezida Kagame yahaye abahinzi yaburiwe irengero

Bamwe mu bahinzi bo mu Murenge wa Sake mu Karere ka Ngoma

Amajyepfo: Abayobozi basabwe kugira uruhare mu gushishikariza abana kwiga tekiniki

Abayobozi batandukanye bafite aho bahuriye n'uburezi bakorera mu Ntara y'Amajyepfo basabwe kugira

Rutsiro: Inyamaswa itazwi ikomeje kurya amatungo ngo “iyishwe siyo”

Bamwe mu borozi baturiye ishyamba rya Gishwati -Mukura mu Turere twa Nyabihu,

Ruhango: Ambassade y’Ubuyapani yatashye icumbi yubakiye abakobwa biga muri APARUDE

Ambasaderi w'Ubuyapani mu Rwanda Mr Masahiro IMAI, n'inzego zitandukanye batashye 'Dortoir'' y'abakobwa

Karongi: Umugabo n’umugore we basanzwe mu nzu bapfuye

Mu Mudugudu wa Kagari mu Kagari ka Gitega mu Murenge wa Gitesi

Muhanga: Umugabo wagwiriwe n’ikirombe amaze iminsi itatu munsi y’ubutaka

Uwizeyimana Elie w’imyaka 19 y’amavuko wo mu Kagari ka Ngaru mu Murenge

Urwego rwa DASSO ya Gicumbi rwakoze umuganda wo kubakira utishoboye

Urwego rwa DASSO mu karere ka Gicumbi rwatanze umuganda wo kubakira umuturage

Ruhango: Abantu 5 bakomerekejwe n’abitwaje intwaro gakondo, Mayor ati “Ntabyo nzi”

Abantu bitwaje intwaro gakondo batemye abaturage 5 bajyanwa mu Bitaro. Itemwa ry'aba

Rulindo: Yaketsweho ubujura ahita agura umuhoro ajya ku kagari gutema Gitifu

Uwitwa Tuyizere w’imyaka 26 y’mavuko wo mu Kagari ka Rubona mu Murenge