Mu cyaro

Umugore yaryamye ari muzima, umugabo bari kumwe abyutse asanga yapfuye – Hatangiye iperereza

Nyanza: Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) ruri gukora iperereza nyuma yaho umugore wari

Umuhanda Muhanga-Ngororero wafunzwe na Nyabarongo ahitwa ‘ku Cyome’

Kuva Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere imvura nyinshi yaraye iguye

Kamonyi: Abantu 23 bafatiwe mu kabari k’urwagwa nta bwirinzi bwa Covid-19

Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi kuwa Gatanu tariki ya 11 Gashyantare

Nyabihu: Abana 288 bamaze gusubizwa mu ishuri ku barenga 4283 barivuyemo

Mu Karere ka Nyabihu habarurwa abana 4283 bataye ishuri  mu gihe muri

 Huye: Imvura nyinshi yasenye urusengero, umubyeyi n’umwana we bapfiramo

Imvura nyinshi yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya

Rusizi: Abasenateri babiri batanze umusanzu mu kubakira abatishoboye

Abasenateri babiri bo muri Sena y’u Rwanda, bafatanyije n’abaturage bo mu Murenge

Nyamagabe: Urubyiruko rwahawe akazi ko gusana imihanda rurashima Leta

Urubyiruko rwo mu Karere ka Nyamagabe mu Ntara y'Amajyepfo, rurashima kuba rwarahawe

Karongi: Coaster yagonganye n’imodoka ya Polisi

Ku mugoroba wo ku wa Gatanu imodoka itwara abagenzi wa Coaster yagonganye

Rubavu: Umubyeyi yapfanye n’abana be babiri bagwiriwe n’inzu bari batuyemo

Uwizeyimana Yvonne w’imyaka 23 ndetse n’abana be babiri bo mu Murenge wa

Muhanga: Abangirijwe n’umuyoboro w’amazi bamaze imyaka ibiri bategereje ingurane

Abaturage bafite imyaka yabo yangijjwe ahanyujijwe umuyoboro w’amazi mu Murenge wa Shyogwe

Ruhango: Yasabye inzoga umuturanyi ayibuze aramukubita arapfa

Ubuyobozi bw'Umurenge bwa Mwendo mu Karere ka Ruhango buravuga ko Mbanzabigwi Jean

AMAFOTO: Perezida wa Sena yasuye abanyeshuri ku Nkombo bamwereka ko bakataje mu bukorikori

Perezida wa Sena, Dr Iyamuremye Augustin wagiriye uruzinduko mu Ntara y’Iburengerazuba, yasuye

Rwamagana: Abana 4 bariye ibimera byitwa “ibiyege” umwe ahita apfa

Abana bane bo mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka Rwamagana bagiye

Kamonyi: Gitifu Bahizi yimuriwe mu Karere ka Ngororero

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Akarere ka Kamonyi Bahizi Emmanuel wari umaze imyaka 16 kuri

UPDATE: Marine yageze ku umurambo w’umusore wiyahuye mu mazi i Nyanza

UPDATE: Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu mazi niyo yifashishijwe mu gushaka