Mu cyaro

Nyanza: Umushumba yakubitiwe mu rugo rw’abandi yiha akabyizi

Mu karere ka Nyanza umusore usanzwe ari umushumba yakubitiwe mu rugo rw'abandi

Nyanza: Umuhungu yiraye mu nsina za se arazitema

Mu karere ka Nyanza,  umuhungu yiraye mu nsina za se arazitema gusa

Nyanza: Umwana yahanutse ku modoka bimuviramo gupfa

Mu karere ka Nyanza hari umwana wuriye imodoka igenda nyuma aza guhanuka

Muhanga: Umugabo yahaze ‘Manyinya’ ashumika urugo rwe

Umugabo wo mu Karere ka Muhanga , mu Murenge wa Nyamabuye,yatwitse urugo

Nyamasheke: Umukozi w’Akarere yahawe isinde

Umuyobozi w'ishami ry'Iterambere ry'Imibereho Myiza y'Abaturage mu Karere ka Nyamasheke, Ndanga Janvier,

Rulindo: Batatu bishwe n’ikirombe abandi baracyashakishwa

Abantu umunani bari bari gukora ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro mu buryo butemewe n'amategeko

Muhanga: Inzu yahiye ibirimo byose birakongoka

Inzu y'uwitwa Bakundukize Pamphile yafashwe n'inkongi ibyarimo byose birakongoka. Iyi nzu iherereye

Rusizi: Umukobwa ukomoka i Huye yishwe n’abantu bamusanze aho yakoreraga

Abagizi ba nabi bataramenyekana bishe umukobwa w’imyaka 27 wakoraga mu Kabari k'urwagwa

Nyanza: Akarere kahannye umuyobozi warezwe kwiba ibiryo

Hamana Jean de Dieu, Umuyobozi w'ishuri ribanza rya Nyakabuye ukekwaho kwiba ibiryo

Rubavu: Ikirombe cyagwiriye bane, umwe ahasiga ubuzima

Nizeyimana Florence wo mu Karere Ka Rubavu yaguye mu kirombe gicukurwamo itaka

Rusizi: Barakwiba wakopfora ugakubitwa bakagusiga wambaye ubusa

Abaturage bo mu Mirenge ya Nkanka na Gihundwe babangamiwe n'ubujura bukabije buhindura

Nyanza: Umugabo yashatse kwica umugore amubuze atwika inzu

Mu karere ka Nyanza , umugabo witwa SEBATUNZI Innocent  w’imyaka 42  bikekwa

Kigali: Abantu 12 barembeye mu Bitaro nyuma yo kunywa Ubushera

Abaturaga 12 bikekwa ko banyoye ubushera mu Mudugudu wa Kagese, AKagari ka

Muhanga: Umuyobozi wa WASAC arashinjwa imikorere idahwitse

Bamwe mu bafatabuguzi b'ikigo gishinzwe isuku n'isukura mu Mujyi wa Muhanga, baranenga

‘N’uyu mupanga sinawutiza batawumbujije ‘Abagabo b’i Rutsiro barataka ihohoterwa  

Bamwe mu bagabo bo mu Karere ka Rutsiro, barataka gukorerwa ihohoterwa, bagasaba