Mu cyaro

Ngororero: Inkuba yishe abantu batanu

Mu Karere ka ngororero , inkuba yishe abantu batanu bo mu Mirenge

Abanya-Muhanga beretswe ishingiro ryo gutora Kagame

Abakandida Depite batatu b'Umuryango FPR Inkotanyi babwiye Abanyamuryango ko hari ibikorwa bifatika

Abagore bazatora Kagame wabakijije gukubitwa bazira ubusa

Muhanga: Uzamukunda Yukunda wo mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga,

Nyanza: Uwari wahawe ikiraka cyo  gushorera ingurube yapfuye bitunguranye

Umusore witwa Sindikubwabo Alexis wo mu karere ka Nyanza yapfuye ubwo yari

Gaz yaturikiye mu nzu y’umuturage ibirimo birakongoka

Nyanza : Gaz yaturikiye mu nzu y'umuturage yari isanzwe ikorerwamo ubucuruzi,  ibiri

Nyanza: Umugabo yapfiriye ku ipoto ry’amashanyarazi

Umugabo wo mu Karere ka Nyanza uri mu kigero cy’imyaka 32, yapfiriye

Rusizi: Uwabyaye yagiye kwamamaza KAGAME yise umwana ‘Irarinda’

Umubyeyi wo mu Murenge wa Mururu mu karere ka Rusizi mu  Ntara

Ab’i Kayumba bakomeye kuri Paul Kagame wa FPR Inkotanyi

Abatuye Akagari ka Kayumba mu Murenge wa Nyamata ho mu Karere ka

Urwego rwa DASSO rwafashije abakobwa babyaye imburagihe kwiga imyuga

Gicumbi: Abakobwa babyariye iwabo bavuga ko abagabo n'abasore babateye inda babashuka ko

Umugabo ushinjwa kwica umugore we urw’agashinyaguro abaturage bamucakiye

Muhanga: Abaturage ku bufatanye n'Inzego z'ibanze zo mu Murenge wa Rongi, bafashe umugabo

Kayonza: Abagore 89 basoje amahugurwa azabafasha guhindura imibereho

Abagore bo mu Karere ka Kayonza mu murenge wa Nyamirama barashimira Umuryango

Kayonza: Drones zoroheje kugeza imiti n’amaraso mu bigo nderabuzima n’ibitaro

Indege nto zitagira abapilote zizwi nka Drones zikomeje kuba igisubizo ku bitaro

Biteguye gutora Kagame waciye inzara yari yariziritse mu Bugesera

Abaturage bo mu Karere ka Bugesera barishimira ibyiza bagejejweho na Perezida Paul

Umuyobozi w’ishuri n’abandi bavugwaho kurigisa ibiryo by’abanyeshuri batawe muri yombi

Nyanza:  Umuyobozi w'ishuri n'umuzamu barakekwaho kwiba ibiryo by'abanyeshuri, inzego z'ubugenzacyaha zatangiye kubikoraho

Impanuka y’imodoka “HOWO” yahitanye ubuzima bw’umusore

Nyanza: Mu murenge wa Muyira mu kagari ka Nyundo mu mudugudu wa