Gakenke: Abagituye mu manegeka baratabaza
Hari abaturage bo mu Karere ka Gakenke bagituye ahashyira ubuzima bwabo mu…
Abaturage ntibashonje- Meya wa Muhanga
Umuyobozi w'Akarere ka Muhanga Kayitare Jacqueline avuga ko nta nzara abaturage bafite…
Musanze: Umwana yarohamye muri Ruhondo arapfa
Umwana uri mu kigero cy’imyaka 17, yitabye Imana nyuma yo kujya mu…
Abatubuzi b’imbuto y’ibirayi bararira ayo kwarika
MUSANZE: Bamwe mu bafite imirima ituburirwamo imbuto y'ibirayi mu Karere ka Musanze…
Hari imiryango y’abasigajwe inyuma n’amateka yibaza aho izahungira imvura y’umuhindo
Rusizi: Imiryango 14 y'abo bigaragara ko amateka yasigaje inyuma, ivuga ko amabati…
Ruhango: Umukozi w’Akarere yishwe n’impanuka
Imodoka itaramenyekana kugeza ubu yagonze Umukozi ushinzwe Imibereho myiza y'abaturage mu Murenge…
i Kabgayi bongeye kuhabona imibiri 12 y’abantu bishwe mu gihe cya Jenoside
Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga buvuga ko hari imibiri 12 yabonetse hafi n'icyumba…
Kamonyi: Gitifu w’Umurenge yikuye mu kazi
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Karama Niyobuhungiro Obed yandikiye abagize Komite y'Akarere, asezera…
Umunyeshuri wigaga muri Kaminuza yishwe na moto
Kayonza: Impanuka ya moto yabereye mu karere ka Kayonza, yishe uwari umunyeshuri…
Umukozi wa Caritas yasanzwe mu nzu yapfuye
Nyamasheke: Umugabo wakoreraga Caritas mu murenge wa Gihombo mu Karere ka Nyamasheke…
Abakoze ‘WhatsApp Group’ zibiba urwango bagiye guhigwa
Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano mboneragihugu Dr Bizimana Jean Damascène yasabye ko abakoze…
Gicumbi: Umugabo yasanzwe mu mugozi yapfuye
Umugabo wo mu Murenge wa Mukarange mu Karere ka Gicumbi wari usanzwe…
Guverineri Kayitesi yakebuye abakora mu biro by’ubutaka bagenda biguru ntege
Guverineri w'Intara y'Amajyepfo, Kayitesi Alice yibukije abakora mu Ishami ry'Ubutaka, Imiturire n'ibikorwaremezo…
Ruhango: Hatashywe Kiliziya nshya, Perezida Kagame ahabwa impano
Mu muhango wo gutaha Kiliziya nshya ya Paruwasi ya Byimana, Umushumba wa…
Gicumbi: Abarimo Mudugudu bishwe n’ikirombe
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi bwihanganishije imiryango y’abagabo babiri barimo Umukuru w’Umudugudu bapfiriye…