Mu cyaro

Abakekwaho kwiba ibendera ry’u Rwanda i Nyanza bari kubibazwa

Nyanza: Urwego rw'igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abantu batatu bakekwaho kwiba

Muhanga: Umujura washatse gutema Umupolisi yarashwe

Ahagana saa kumi n'imwe n'iminota 20 zo kuri uyu mbere tariki 15

Rubavu: Umusore yagiye koga mu Kivu ahasiga ubuzima

Umusore witwa Zawadi Adolphe w'imyaka 27 uvuka mu karere ma Rubavu mu

Nyanza: Iminsi itatu irashize Ibiro by’Akagari bibuze ibendera 

Abaturage, inzego z'ubuyobozi, inzego z'umutekano bamaze iminsi itatu ku biro by'Akagari ka

Miliyari 12 Frw zigiye gukoreshwa mu kubaka amacumbi y’abarokotse Jenoside

Leta y'u Rwanda ivuga ko igiye gutanga arenga miliyari 12Frw mu kubakira

Nyabihu: Hari abasenyewe n’ibiza bamaze imyaka itanu basembera

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Muringa  ,Akagari ka Muringa ,

Kamonyi: Kwiyunga n’Ababiciye byatumye babohoka

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa  Gacurabwenge bibumbiye mu matsinda y'Ubumwe

Abatuye I Rusizi bongeye kubona amazi

Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe isuku n'isukura WASAC cyatangajeko cyacyemuye ikibazo cy'ibura ry'amazi  mu

Muhanga: Abagizi ba nabi batemye umugabo n’umugore we

Abagizi ba nabi bakomerekeje bikabije umugabo n'umugore we barangije basahura ibiri mu

Minisitiri Musabyimana yasabye abayobozi ba Bugesera kwikubita agashyi

Minisitiri w’Ubutegetsi bw'Igihugu, Jean Claude Musabyimana yasabye abayobozi b’Akarere ka Bugesera gusasa

Rubavu: Ubuyobozi bwahaye gasopo abijandika muri magendu

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwasabye abaturage kutijandika mu bucuruzi butemewe bw’amajyendu,bubibutsa ko

Ubucuruzi bw’ingurube bwahagaritswe muri Rusizi

Ikigo cy’Igihugu gishizwe guteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), cyahagaritse ingendo n'ubucuruzi bw'ingurube

Rusizi: Umuturage umaze igihe asembera arasaba ubufasha 

Nyirambarushimana Alexiane ni umubyeyi w'abana umunani ,utuye mu Mudugudu wa Muramba,Akagari ka

Bugesera: Guverineri Rubingisa yasabye abayobozi gushyashyanira abaturage

Guverineri w'Intara y'Iburasirazuba Rubingisa Pudence atangiza umwiherero mu Karere ka Bugesera yasabye

Ruhango: Bemeje ko Ubudaheranwa bwiza ari ukubwizanya Ukuri

Abagize Ihuriro ry'Ubumwe n'Ubudaheranwa mu Karere ka Ruhango, bavuga ko Ubudaheranwa bwiza