Mu cyaro

Operasiyo yo gufata umugabo ukora ikiyobyabwenge cya kanyanga “yarangiye nabi”

Nyanza: Umugabo wo mu karere ka Nyanza arakekwaho gucuruza no gukora ikiyobyabwenge

Ab’i Nyanza baravuga imyato Perezida Kagame wahagaruye Inyambo

Abaturage n'ubuyobozi bw'akarere ka Nyanza barashimira Perezida wa Repubulika y'u Rwanda wagaruye

Imbamutima z’abatishoboye b’i Bugesera bubakiwe n’urubyiruko

Nyirampazamagambo Beata na Kayumba Oscar bo mu Mudugudu wa Cyoma, Akagari ka

Nyabihu: Abarenga ibihumbi 13 bavomaga mu bishanga bahawe amazi meza

Akarere ka Nyabihu ni kamwe mu turere tugaragaramo ikibazo cy'amazi macye, aho

Musanze: Hari ababyeyi bahata abana ‘Igipende’ aho kubaha igikoma

Bamwe mu babyeyi bo mu Karere ka Musanze bagaragaza ko batarasobanukirwa gutegura

Nyamasheke: Abavandimwe Babiri  baguye mu bwiherero 

Abasore babiri bavukana baguye mu bwiherero bahita bitaba Imana nkuko ubuyobozi bwabibwiye

Huye: Umwarimukazi umaze igihe gito abyaye urupfu rwe rwatunguye bagenzi be

Umwarimukazi wigishaga ku ishuri riherereye mu karere ka Huye yapfuye urupfu rutunguranye

Kubaka Urugomero rwa Nyabarongo ya Kabiri bigeze kuri 25%

Ubuyobozi bw'Intara y'Amajyepfo buvuga ko imirimo yo kubaka Urugomero rwa Nyabarongo ya

Ababyeyi batega indege kuri “Komezamabuno” bagorwa no guhabwa akazi

Bamwe mu babyeyi bo mu Karere ka Musanze bazindurwa no kujya guca

Rusizi: Amaze imyaka itanu atotezwa n’abasiga inzu ye amazirantoki

Umuyobozi w'Ikigo cy'amashuri abanza cya Nyanunda cyo mu karerere ka Nyamasheke, avuga

Nyagatare: Abaturage bakennye bagiye guhindurirwa imibereho

Ubuyobozi bwa Croix Rouge y'u Rwanda bwihaye intego yo gufasha abaturage bakennye

Muhanga: Umugabo yatwitse inzu ye mbere yo kwiyahura

Minani Jean Marie Vianney w'imyaka 40 y'amavuko wo mu Karere ka Muhanga

Rubavu: Ifatwa ry’uwari uvuye muri FDLR ryahishuye andi mabanga

Abaturage bo mu karere ka Rubavu batuye mu Mirenge ya Busasamana, Cyanzarwe

Perezida wa Njyanama uherutse gusaba Meya wa Rusizi ibisobanuro yeguye

Inama Njyanama y’Akarere ka Rusizi, yemeje ubwegure bw'uwari Perezida w’Inama Njyanama uheruka

Amajyaruguru: Urubyiruko rwo muri Green Party rwahize kubaka u Rwanda rutekanye

Urubyiruko rwo mu Ntara y'Amajyaruguru rwo mu ishyaka riharanira demukarasi no kurengera