Mu cyaro

Muhanga: Ambulance y’ibitaro igiye kubera “imbabura” mu igaraji

Imbangukiragutabara imwe muri ebyiri Ibitaro bya Nyabikenke bifite, igiye kuba imbabura nyuma

Nyamasheke: Imiryango itatu yasenyewe n’imvura

Imiryango itatu igizwe n’abantu 22 yo mu Murenge wa Kagano mu Karere

Kamonyi: Umugabo uheruka gutema amateke arakekwaho kwica umugore we

Ubuyobozi bw'Akarere ka Kamonyi buvuga ko  hari Umugabo witwa Hakizimana Célestin ukurikiranyweho

Gicumbi: Umusaza wari wabuze habonetse umurambo we

Rugwabiza Edouard w’imyaka 66, yasanzwe mu ishyamba ryegereye umupaka wa Uganda mu

Abasenateri basabye kutajenjekera ‘abuzukuru ba shitani’

Abasenateri basabye ubuyobozi bw'Akarere ka Rubavu gushyira iherezo ku bujura n'urugomo bikorwa

Gicumbi: Ikipe ya Rubaya yegukanye umurenge Kagame Cup

Ikipe y'Umurenge wa Rubaya abenshi bazi ku izina rya Gishambashayo mu kagari

Impumeko ku mupaka wa Ruhwa nyuma y’icyemezo cy’u Burundi

U Burundi buherutse gufunga imipaka hagati yabwo n'u Rwanda, nyuma y'ubushyamirane bwa

Gicumbi: Mu kibuga hagati inkuba yakubise abakinnyi n’abatoza

Mu Karere ka Gicumbi, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki

Ruhango: Umugabo wari wacumbikiwe kubera ubusinzi yapfuye bitunguranye

Umugabo w’imyaka 51 wo mu Murenge wa Kinazi mu  karere ka Ruhango,yapfyuye

Rusizi: Abafite ubumuga bahawe inyunganirangingo

Abafite ubumuga bo mu Karere ka Rusizi, bahawe inyunganirangingo mu rwego rwo

Abahoze mu gisirikare bagahabwa kurinda Gishwati barataka kwamburwa

Bamwe mu bahawe akazi ko gucungira umutekano ishyamba rya Gishwati ku gice 

Abacuruza inyama ziri muri firigo bifuza ko abatabikozwa bahigishwa uruhindu

 Bamwe mu bacuruzi b'inyama bakorera mu Karere ka Musanze,batakambiye ubuyobozi, basaba ko

Muhanga: Polisi yavanye mu kirombe umugabo wari wagihezemo

Polisi y'Igihugu yakuye mu kirombe cy'amabuye y'agaciro uwitwa Twagirimana wari umazemo iminsi

Nyanza: Umugabo yaketse amabi ku mugore we ashaka kumuhitana na we akiyahura

Mu Murenge wa Kibirizi mu karere ka Nyanza, umugabo yaketse umugore we

Nyanza: Yagiye mu nama ahamagarwa abwirwa ko inzu ye yakongotse

Umukecuru wo mu Murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza yagiye mu