Mu cyaro

Rubavu: Bacaniriye amazi yanga gushya abanyeshuri barabwirirwa

Ku ishuri rya C.S Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu barataka inzara nyuma

Hari abagore bapyinagaza abagabo bitwikiriye uburinganire

Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Musanze basabye bagenzi babo bumvise

Nyanza: Abanyeshuri biga mu ishuri ryisumbuye biyemeje kubana akaramata

Abanyeshuri bigana mu ishuri rimwe muri G.S Rwabicuma mu Karere ka Nyanza,

Uwo bikekwa ko yibaga imifuka ya kawunga YARASHWE

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Muhanga yarashe umugabo bikekwa ko

Rusizi: Bahangayikishijwe na Ruhurura bambuka nko kugenda ku rudodo

Abaturage bo mu Mudugudu wa Rushakamba,Akagari ka Kamashangi mu Murenge wa Kamembe, 

Umugabo yasanze umukobwa we asambana akora ibidasanzwe

Ruhango: Umugabo witwa Bimenyimana uri mu kigero cy’imyaka 46 y’amavuko, arembeye kwa

Amarira n’agahinda mu rugo rw’Umwarimu bikekwa ko yishe umugore we na we akiyahura

Nyanza: Birakekwa ko umugabo wari umwarimu yishe umugore we, na we agahita

Mu mezi 2 abakozi 15 barimo abaganga bamaze gusezera akazi ku Bitaro bya Nyanza

Mu mezi abiri hamaze gusezera abakozi barenga 15 bakoraga ku Bitaro bya

Nyanza: Umugambi w’abajura ba nijoro warangiye nabi

Abantu bane bakekwaho ubujura, bitwikiriye igicuku bajya kwiba amatungo, umwe muri bo

Abagore basabwe gukaza ingamba mu kurengera ibidukikije

Kuri uyu wa 27 Ukwakira 2023 urugaga  rw'abagore bo mu Ntara y'Amajyarugu

Rusizi: Umuturage utishoboye yubakiwe inzu ifite agaciro ka miliyoni 13

Mu mudugudu wa Murangi mu Kagari ka Kamurera mu Murenge wa Kamembe,

Rulindo: Ikoranabuhanga ryabaye umuvuno wo guhashya ubukene mu rubyiruko

U Rwanda ni kimwe mu bihugu ku Isi byashyize imbaraga nyinshi mu

Croix Rouge y’u Rwanda yihaye intego yo gutera ibiti miliyoni buri mwaka 

Nyanza: Croix rouge y'u Rwanda yavuze ko muri gahunda y'ubutabazi isanganywe igiye

Nyabihu: Abaturage bahangayikishijwe n’umusozi uri kurigita

Abaturage bo mu Murenge wa Shyira mu Kagari ka Kanyamitana bavuga ko

Ikirombe cyagwiriye abacukuraga rwihishwa amabuye y’agaciro, umwe arapfa

Ngororero: Rugero Aimable w'Imyaka 18 y'amavuko yagwiriwe n'Ikirombe ahita apfa, mugenzi we