Ikiraro gishya gihuza Muhanga na Gakenke cyatwawe n’amazi ya Nyabarongo
Mu rukerera ryo kuri uyu wa Gatatu taliki ya 20 Mata, 2022…
U Rwanda na Angola byasinye amasezerano y’ubufatanye arimo uburezi n’ubutabera
U Rwanda na Angola byasinyanye amasezerano icyenda y’ubufatanye mu ngeri zinyuranye harimo…
Abamotari bakomeje gutakamba ko bagabanyirizwa igiciro cy’ubwishingizi bwa moto
Bamwe mu bamotari bo mu Mujyi wa Kigali, bakomeje gutakamba basaba ko…
Umuhanda Kigali-Huye wongeye kuba nyabagendwa uko bisanzwe
Polisi y’Igihugu yatangaje ko guhera kuri uyu wa mbere tariki ya 11…
Hemejwe ishyirwa mu bikorwa ry’itegeko rishya ry’ubutaka mu Rwanda
Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Perezida Paul Kagame yemeje ko itegeko rishya…
Congo yinjiye muri EAC – Kagame ati “Dushyire mu bikorwa ibyo twemereye abaturage”
Umuryango wa Africa y'Iburasirazuba wabonye umunyamuryango wa 7, ni Repubulika ya Demokarasi…
Hatangajwe ibiciro bishya by’amata mu gihugu hose
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda MINICOM yashyizeho ibiciro bishya by’amata mu gihugu hose, litiro…
Kamonyi: Umubare muke w’ibikorwaremezo uhangayikishije abikorera
Urugaga rw'abikorera mu Karere ka Kamonyi ruvuga ko rugiye kureshya abashoramari mu…
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutse
Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA)…
Intanga z’ingurube ziragezwa ku borozi hakoreshejwe drones
Manikuzwe Providence ushinzwe gukurikirana ibikorwa by’umushinga wo gutwara intanga z’ingurube muri RAB…
Rwanda: Miliyoni 588 Frw zahinduriye ubuzima abafite ubumuga
Abafite ubumuga bo mu bice bitandukanye by’Igihugu bibumbiye mu matsinda yo kuzigama…
Ibigo 2 byiyemeje kuzamura ubucuruzi bwifashisha ikoranabuhanga
AfricaNenda na Smart Africa Alliance (SA) byiyemeje gushyigikira gahunda y’ikoranabuhanga mu bucuruzi,…
Min. Mukeshimana yagarutse ku kibazo cy’abamamyi bavugwa mu buhinzi
Minisitiri w'Ubuhinzi n'Ubworozi, Dr Gerardine Mukeshimana arasaba inzego zose guhagurukira abaguzi b’imyaka…
Rwanda: Gutera intanga ingurube bigeze ku gipimo gishimishije
Ikigo cy’igihugu cyita ku buhinzi n’ubworozi (RAB), kivuga ko mu Rwanda hamaze…
Nyagatare: Barashima Leta yabafashije kongerera agaciro umusaruro w’ubuhinzi
Abahinzi bo mu Karere ka Nyagatare mu Ntara y'Iburasirazuba, bavuga ko bamaze…