Ubukungu

Umushoramari yasubijwe zimwe muri miliyoni ze yibwe amwe akabitswa Padiri

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwasubije umushoramari w'umunyamahanga amafaranga ye agera

Banki y’Igihugu yamaganye inoti ya Frw 10,000 y’impimbano iriho ifoto ya Perezida Kagame

Itangazo rya Banki Nkuru y'Igihugu rivuga ko ifoto igaragaza inoti ya Frw

Muhanga: Abagore bakora Business zo kwambika abageni no gutegura inama barataka igihombo

Abagore 35 bakoraga umwuga wo kwambika abageni, gutegurira inama barataka igihombo, ubu

Inteko y’Umuco irakataje mu bikorwa biteza imbere inganda ndangamuco

Mu nama yahuje Intebe y’Inteko y’Inteko y’Umuco Amb. Masozera Robert n’abafatanyabikorwa batandukanye

Abacuruzaga utubari bugarijwe n’ubukene, barasaba kugobokwa na Leta

Nkuko byagenze ku byiciro bitandukanye by’imirimo n’ubucuruzi, ubucuruzi bw'akabari na bwo buri

Kigali: Abagore bakora ubucuruzi buto mu masoko atandukanye barataka igihombo batewe na Covid-19

Abacuruzi b’ibiribwa biganjemo Abagore bakorera mumasoko atandukanye mu Mujyi wa Kigali bagaragaje

Menya imyanzuro 3 yavuye mu biganiro bya Perezida Kagame na Tshisekedi

Nyuma y'iminsi ibiri Abakuru b'Ibihugu, Perezida Paul Kagame na Antoine Felix Tshisekedi

Depite Habineza yagaragaje impungenge ku mirimo Leta ihanga buri mwaka

Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije, Democratic Green Party of Rwanda

Min. Habyarimana Covid-19 yatumye ubucuruzi bw’u Rwanda na EAC bugabanukaho 8%

Abasenateri bagiranye ikiganiro na Minisitiri w'Ubucuruzi n'Inganda, Habyarimana Beata ku ngaruka COVID-19

Perezida Kagame arahura na Tshisekedi i Rubavu, menya impamvu y’uru ruzinduko rwabo

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu bitangaza ko kuri uyu wa Gatanu Perezida Paul Kagame

PAM yakiriye miliyoni 5.3$ azafasha kuzamura iposho rigenerwa impunzi ziri mu Rwanda

Ishami ry’Umuryango w’Abibimbye rishinzwe ibiribwa PAM  riratangaza ko kuri uyu wa Kane

Muhanga: Miliyoni 200Frw ategereje abo ubucuruzi bwabo bwagizweho ingaruka na COVID-19

*Amafaranga yatanzwe n’Ikigega Nzahurabukungu azagurizwa abacuruzi bishyure ku nyungu nto (8%) Ubuyobozi

Kigali: Hoteli 13 na Resitora 40 zashyiriweho amabwiriza yihariye yo kwirinda COVID-19

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, (RDB), rwatangaje ko hoteli 13 na resitora 40 zo

Mu Rwanda ingo zifite umuriro w’amashanyarazi zigeze kuri 63%, menya imishinga iri imbere

Minisitiri w'Imari n'Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana yatangaje ko ingo zimaze kubona umuriro

Ingengo y’imari y’umwaka 2021-2022 ni miliyari 3, 808 menya uko azakoreshwa

Kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Kamena 2021, Minisitiri w'Imari n'Igenamigambi, Dr