Ubukungu

Rubavu: Abacuruzi b’ibiribwa barasaba Leta kubagoboka kubera ibihombo batewe na Covid-19

Abacuruzi b'ibiribwa bakorera mu masoko atandukanye mu Karere ka Rubavu barataka igihombo

Gicumbi: Ivuriro ryakoreraga mu biro by’Akagari ryabonye ahandi rizajya rikorera

*Bavuga ko bakeneye amashanyarazi Abaturage bo mu Kagari ka Nkoto mu Murenge

Igice kinini cya DownTown cyafunzwe iminsi 7 nyirayo acibwa Frw 600.000

Akarere ka Nyarugenge kafunze imiryango 22 y'inzu y'ubucuruzi iri ahazwi nka Downtown

Kimironko: Umucuruzi umwe muri benshi bapimye ni we basanze yaranduye COVID-19 

Umucuruzi  umwe ni we wasanzwemo  icyorezo cya Coronavirus mu bandi bacuruzi basaga

Karongi: Batashye ibikorwa birimo isoko n’Ikigo Nderabuzima cya  Bwishyura

Isoko rya Ndate riherereye mu Murenge wa Gishyita ndetse n’Ikigo Nderabuzima cya

Huye: Abaturage basabwe gusigasira ibikorwa remezo bimaze kubakwa

Ubuyobozi bw'Akarere ka Huye buvuga ko mu rugendo rwo kwibohora, abaturage bagomba

Abacuruza mu isoko rya Kimironko bose basabwe kwipimisha COVID-19 utazabikora ntazinjira

Abakorera ubucuruzi mu isoko rya Kimironko ndetse n'abafite amaguriro hafi y'isoko (supermarket) 

Nyamasheke: Hatashywe umuyoboro w’amashanyarazi ufite uburebure bwa Km 23

Kwibohora ku nshuro ya 27 mu Karere ka Nyamasheke byizihirijwe mu Murenge

Leta yafashe ingamba zo gukurikirana iterambere ry’abatuzwa mu Midugudu – Min Gatabazi

Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Hon Jean Marie Vianney Gatabazi yatangaje ko ubuyobozi bwafashe

COVID-19: Inzu y’ubucuruzi yafunzwe iminsi 7 nyirayo acibwa Frw 300, 000

Akarere ka Nyarugenge kafunze inyubako y'ubucuruzi  ya CITIZEN CONNER iri ahazwi nko

MINAGRI yasobanuye iby’amafi angana na Toni 100 yapfiriye mu kiyaga cya Muhazi

Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi yemeje ko amafi abarirwa muri Toni 100 yororerwaga mu

Nyanza: Ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu Iterambere ryaremeye abarokotse Jenoside inka 2

Ihuriro ry'abafatanyabikorwa mu iterambere ry'Akarere ka Nyanza (JADF) ryaremeye abarokotse Jenoside yakorewe

Min. Biruta yakoreye uruzinduko rw’akazi i Vatican

Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda Dr. Vincent Biruta ku wa 30 Kamena

Ruhango: Umwaka w’ingengo y’imali ushoje abafatanyabikorwa bayitanzemo miliyari 2.6Frw

Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango buvuga ko ingengo y'Imali ingana yari yatanzwe na

Mu Turere 8 n’Umujyi wa Kigali hashyizweho ingamba zihariye zirimo gufunga amashuri n’insengero

Ibiro bya Minisitiri w'Intebe byasohoye itangazo ririmo ingamba nshya zo kwirinda COVID-19