Ubukungu

Muhanga: Imishinga yagizweho ingaruka na COVID 19 yahawe miliyoni 383 Frw

Abakora umwuga w'ubucuruzi bwakomwe mu nkokora n'icyorezo cya COVID-19 bahawe miliyoni 383Frw

Mubazi zateje imyigaragambyo, Leta yafashe icyemezo cyo kuba ziretse gukoreshwa

*Motari yanenzwe kwigaragambya, ariko ibitekerezo bye byatambutse *Inzego ngo zigiye kwiga ku

Gicumbi: Abafite ubumuga Covid-19 yabakomye mu nkokora, barasaba kwegerwa n’Ikigega Nzahurabukungu

Abafite ubumuga bo mu Karere ka Gicumbi baravuga ko icyorezo cya Covid-19

Kayonza: Akanyamuneza ni kose ku rubyiruko rwafashijwe kubona inguzanyo yo kuzahura ubucuruzi bwabo

Bamwe mu bakora ubucuruzi buciriritse mu Karere ka Kayonza biganjemo urubyiruko barashimira

Abasenateri bagiye kureba ibibazo by’ingutu biri mu Midugudu yubakwa na Leta

Itangazo rigenewe Abanyamakuru, Sena y’u Rwanda ivuga ko Abasenateri bagize Komisiyo idasanzwe

Gatsibo: Abaturage batwawe ibyangombwa by’ubutaka na ASA Microfinance bararira ayo kwarika

Hari abaturage bo mu Karere ka Gatsibo biganjemo abagore bibumbiye mu matsinda

Muhanga: Rwiyemezamirimo arashinjwa kwambura abaturage miliyoni zirenga 300

Umuyobozi Mukuru wa Kampani ishinzwe gukora imihanda (Pyramid Minerals Supply) Gafaranga Ismaël

Kamonyi: Inyongeramusaruro n’inama zahawe abahinzi byatumye umusaruro wikuba kabiri

Inyongeramusaruro n'inama zahawe abahinzi bahawe byatumye  umusaruro babona mu bihingwa bitandukanye wikuba

Ubwato bwa Gisirikare buri mu kazi, abahahira hakurya no hakuno ya Nyabarongo barashima Leta

Abaturage bari basanzwe bakoresha ikiraro cya Gahira cyabafashaga kwambuka Nyabarongo ariko kikaza

COVID-19: Hoteli zimwe zafunzwe by’agateganyo zinacibwa agera kuri frw 300,000

Urwego Rushinzwe iterambere mu Rwanda  (RDB) rwategetse ko  ibigo  byakira abantu ndetse

Ikibazo cyo kwambuka Nyabarongo mu buryo budatekanye cyahawe iminsi 7

Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo bufatanyije n’ubw’Intara y’Amajyaruguru bwafashe umwanzuro ko mu cyumweru kimwe

Nyamagabe: Bahangayikishijwe no kuba ubuvumvu bwabahaga amafaranga buri gucika

Bamwe  mu bahoze bibumbiye muri Koperetive ikora ubuvumvu mu Murenge wa Mugano,

Rusizi: Abaturage b’i Rubavu bagobotse imiryango ishonje cyane mu Murenge wa Nkombo

Kuri uyu wa Gatanu tariki 31 Ukuboza, 2021 ubuyobozi bw'Akarere ka Rubavu

Abayobozi  bashashe inzobe ku kibazo cy’inzoga z’inkorano “zirimo izoretse imbaga”

Abaminisitiri batandukanye barimo uw’Ubuzima, uw'Ubutegetsi bw’Igihugu, uw'Ubucuruzi n’Inganda, Umuyobozi wa Polisi, abayobozi

Musanze: Bamaze umwaka bishyuza ingurane z’ibyabo byangijwe n’umuyoboro w’amashanyarazi

Abaturage bo mu Tugari twa Gasakuza na Gakoro mu Murenge wa Gacaca