Ubukungu

Abakozi mu Rwanda baracyategereje Umushahara fatizo!

Inkuru ni Igitekerezo cya Gasore Seraphin  Buri tariki 01 Gicurasi, ni umunsi

Amikoro make n’imyumvire byaba ari yo ntandaro kuri benshi bakiziritse ku makara aho gukoresha Gaz?

Kigali: Umujyi wa Kigali uri ku isonga y’imijyi mu Rwanda ifite ikirere

MTN yashimiwe uruhare igira mu kurengera ibidukikije

Minisitiri w’Ibidukikije,Dr Mujawamariya Jeanne D’Arc, yagaragaje uruhare ikigo cy’Itumanaho cya MTN Rwanda

U Rwanda rwahawe inguzanyo izarufasha kugeza amashanyarazi hose mu gihugu

Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB) yahaye u Rwanda inguzanyo ya miliyoni 180

Kigali: Imvura nyinshi yaguye yishe 4 inangiza inzu 40

Imvura nyinshi yaguye mu mpera z’iki Cyumweru mu bice bitandukanye by’Umujyi wa

Umuhanda Muhanga – Ngororero – Mukamira wabaye Nyabagenda

Polisi y’Igihugu kuri uyu wa Kane tariki ya 21 Mata, 2022 yatangaje

Indege ya RwandAir yaguye inyuma y’ikibuga cy’indege, nta wakomeretse

Ubuyobozi bwa Sosiyete y'ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, bwatangaje ko indege y'iyi

Ikiraro gishya gihuza Muhanga na Gakenke cyatwawe n’amazi ya Nyabarongo

Mu rukerera ryo kuri uyu wa Gatatu taliki ya 20 Mata, 2022

U Rwanda na Angola byasinye amasezerano y’ubufatanye arimo uburezi n’ubutabera

U Rwanda na Angola byasinyanye amasezerano icyenda y’ubufatanye mu ngeri zinyuranye harimo

Abamotari bakomeje gutakamba ko bagabanyirizwa igiciro cy’ubwishingizi bwa moto

Bamwe mu bamotari bo mu Mujyi wa Kigali, bakomeje gutakamba basaba ko

Umuhanda Kigali-Huye wongeye kuba nyabagendwa uko bisanzwe

Polisi y’Igihugu yatangaje ko  guhera kuri uyu wa mbere tariki ya 11

Hemejwe ishyirwa mu bikorwa ry’itegeko rishya ry’ubutaka mu Rwanda

Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Perezida Paul Kagame yemeje ko itegeko rishya

Congo yinjiye muri EAC – Kagame ati “Dushyire mu bikorwa ibyo twemereye abaturage”

Umuryango wa Africa y'Iburasirazuba wabonye umunyamuryango wa 7, ni Repubulika ya Demokarasi

Hatangajwe ibiciro bishya by’amata mu gihugu hose

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda MINICOM yashyizeho ibiciro bishya by’amata mu gihugu hose, litiro

Kamonyi: Umubare muke w’ibikorwaremezo uhangayikishije abikorera

Urugaga rw'abikorera mu Karere ka Kamonyi ruvuga ko rugiye kureshya abashoramari mu