Ubukungu

Rusizi: Abahinga hafi y’imigezi ya Ruhwa na Rusizi bajujubijwe n’imvubu zibonera

Abahinga hafi y’umugezi wa Ruhwa na Rusizi yo mu Murenge wa Bugarama

Perezida Kagame yashimiye Abanyarwanda ko no mu bihe bikomeye bakomeje gasora neza

Mu ijambo Perezida Paul Kagame yagejeje ku bitabiriye umunsi w'Umusoreshwa mu Rwanda

Amajyepfo: Umusaruro w’imyumbati warazamutse, abahinzi babura isoko

Abahinzi b'igihingwa cy'imyumbati mu Karere ka Kamonyi, Muhanga, na Ruhango babwiye UMUSEKE

Kigali: Abamotari barinubira Camera zo ku mihanda zibacisha amafaranga atari ngombwa

Bamwe mu bakora akazi ko gutwara abantu kuri moto mu Mujyi wa

RRA yatanze miliyoni 25Frw ku bacuruzi 5 b’i Rubavu bangirijwe n’imitingito

Kuri uyu wa Gatanu nibwo Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyasuye abacuruzi

U Rwanda rwasinyiye inguzanyo ya miliyoni 52$ azafasha gukemura ikibazo cy’amazi i Kigali

U Rwanda na Hongiriya byashyize umukono ku masezerano y’inguzanyo yoroheje ya miliyoni

Bahuguriwe korora inkoko, ariko bategereje inkunga bemerewe na RAB ifatanyije na Enabel

Rwamagana: Aborozi b’inkoko bo mu Murenge wa Nyakaliro mu Karere ka Rwamagana

Intara y’Iburasirazuba yinjije miliyari 35.74 Frw y’imisoro mu isanduku ya Leta

Ku rwego rw’Intara y’Iburasirazuba hizihijwe umunsi mukuru w’Abasora bongera gushimirwa umusanzu ukomeye

Kigali: Barataka ko igiciro cya gaz cyatumbagiye

Bamwe mu bacuruzi ndetse n’abakoresha gaz yo gutekesha umunsi ku wundi barataka

Rutsiro: Abahinzi b’ibinyomoro bahangayikishijwe n’indwara y’amayobera yibasiriye iki gihingwa

Imyaka ibaye ibiri igihingwa cy’ibinyomoro cyibasirwa n’indwara y’amayobera atuma iyo igiti kigejeje

Perezida Kagame yakiriye mu biro bye “inshuti y’u Rwanda” Howard G.Buffet

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri iki Cyumweru tariki ya

Amajyepfo: Abasora barasaba ko hubakwa imihanda yunganira ubahuza na Kigali

Abasora bo mu Ntara y'Amajyepfo, basabye ko hubakwa indi mihanda kuko ubucucike

Intara y’Iburengerazuba yaje ku isonga mu gukusanya imisoro y’imbere mu gihugu

Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Habitegeko Francois avuga ko kudatanga imisoro bimeze nko gutema

Umusaruro mbumbe w’igihugu muri uyu mwaka wiyongereyeho 4,4% – BNR 

Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko muri raporo yo mu mwaka w’ingengo

Dr. Ngirente yasabye amahanga gukemura ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe aho kugica ku ruhande

Ku mugoroba wo ku wa kabiri nibwo abahagarariye ibihugu mu nama ya