Ubukungu

Ruhango: Min Gatabazi yatanze umukoro wo kumenya impamvu abaturage bagurisha Inka zikamwa

Ubwo yasuraga isoko ry'amatungo manini n'amato ry'Akarere ka Ruhango, Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu

Abagore baracyagenda biguru ntege mu kwitabira ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

Ubushakashatsi bwakozwe na Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa muntu bwagaragaje ko abagore bari

EAC yashimye u Rwanda ku cyemezo cyo gufungura umupaka wa Gatuna

Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba washimye icyemezo cya Guverinoma y’u Rwanda cyo gufungura umupaka

Muhanga: Abahinzi baribaza aho bazanyuza umusaruro, amateme n’imihanda byarangiritse

Abahinzi bibumbiye muri Koperative (IABM), ishyirahamwe ry'abahinzi borozi ba Makera, baravuga ko

U Rwanda rwasubiye inyuma ho inota rimwe n’imyanya 3 mu kurwanya ruswa ku Isi

Umuryango urwanya ruswa n’akarengane ku isi Transparency Interantional wagaragaje ko u Rwanda

Karongi: ‘Mfata ngufate nundekura umbazwe’ gahunda ikataje mu guteza imbere abo muri VUP i Murambi

Hirya no hino mu gihugu hakunda kugaragara bamwe mu baturage bo mu

Abamotari barataka kunyunyuzwa imitsi, Ni iki RCA ivuga ku cyo bita akarengane bakorerwa?

Akazi ko gutwara kuri moto ni kamwe mu kazi gafatiye runini umunyarwanda

Ruhango: Abahinzi b’inanasi barataka igihombo batejwe n’uruganda rwubatswe n’Akarere

Abahinzi b’inanasi bibumbiye muri koperative COKAB iherereye mu Murenge wa Kabagari mu

Muhanga: Imishinga yagizweho ingaruka na COVID 19 yahawe miliyoni 383 Frw

Abakora umwuga w'ubucuruzi bwakomwe mu nkokora n'icyorezo cya COVID-19 bahawe miliyoni 383Frw

Mubazi zateje imyigaragambyo, Leta yafashe icyemezo cyo kuba ziretse gukoreshwa

*Motari yanenzwe kwigaragambya, ariko ibitekerezo bye byatambutse *Inzego ngo zigiye kwiga ku

Gicumbi: Abafite ubumuga Covid-19 yabakomye mu nkokora, barasaba kwegerwa n’Ikigega Nzahurabukungu

Abafite ubumuga bo mu Karere ka Gicumbi baravuga ko icyorezo cya Covid-19

Kayonza: Akanyamuneza ni kose ku rubyiruko rwafashijwe kubona inguzanyo yo kuzahura ubucuruzi bwabo

Bamwe mu bakora ubucuruzi buciriritse mu Karere ka Kayonza biganjemo urubyiruko barashimira

Abasenateri bagiye kureba ibibazo by’ingutu biri mu Midugudu yubakwa na Leta

Itangazo rigenewe Abanyamakuru, Sena y’u Rwanda ivuga ko Abasenateri bagize Komisiyo idasanzwe

Gatsibo: Abaturage batwawe ibyangombwa by’ubutaka na ASA Microfinance bararira ayo kwarika

Hari abaturage bo mu Karere ka Gatsibo biganjemo abagore bibumbiye mu matsinda

Muhanga: Rwiyemezamirimo arashinjwa kwambura abaturage miliyoni zirenga 300

Umuyobozi Mukuru wa Kampani ishinzwe gukora imihanda (Pyramid Minerals Supply) Gafaranga Ismaël