Ubutabera

Bicahaga yasabiwe gufungwa imyaka 30, umugore we asabirwa gufungwa 29

Abaregwa uko ari batatu babiri muri bo nibo bagaragaye mu Rukiko, abo

Umuyobozi muri Polisi akurikiranyweho gukora Jenoside

Nyanza: Amakuru agera ku UMUSEKE aravuga ko umuyobozi wa Polisi (DPC) mu

Majyambere Silas yatanze ubuhamya mu rubanza rwa “Bomboko”

Majyambere Silas, umwe mu babaye abanyemari bazwi mu Rwanda, ni umwe mu

Umwarimu ukekwaho gusambanya abana akarya “ibiraha byabo”, urukiko rwafashe icyemezo

Urukiko rw'ibanze rwa Ruhango rwafashe icyemezo ko umwarimu ukekwaho gusambanya abana babiri,

Ngororero: Umugabo arakekwa gutwikira umwana we mu nzu

Umugabo witwa Karinda Viateur w'Imyaka 35 y'amavuko wo mu Murenge wa Muhororo

Urukiko rwafunze by’agateganyo ukekwaho guha ruswa uyobora RIB muri Nyanza

Urukiko rwafashe icyemezo cyo gufunga by'agateganyo Vedaste Ndizeye wayoboraga kompanyi y'ubucukuzi  bw'amabuye

Umusore akurikiranyweho kwiba umubyeyi we inka

Umusore witwa Niyitanga wo mu murenge wa Rwabicuma mu karere ka Nyanza

Hakuzimana Abdoul Rachid yanze kuburana kuko nta Radiyo na Interineti abona

Hakuzimana Abdoul Rachid yanze yanze kuburana kuko nta radio, internet ya 4G

Urukiko rwaburanishije umwarimu ukekwaho gusambanya abana babiri

Urukiko Rwibanze rwa Ruhango  rwaburanishije umwarimu wigisha muri Nyanza TSS ukekwaho gusambanya

Urukiko rwakatiye igifungo abahoze mu buyobozi bw’Akarere i Nyanza

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwakatiye igifungo uwahoze ari umunyamabanga nshingwabikorwa w'akarere (Gitifu)

Muhanga: Abarimo abakobwa bibishaga imihoro batawe muri yombi

Mu mukwabu ukomeye wakozwe n'inzego z'umutekano ku bufatanye n'inzego z'ibanze n'abaturage, itsinda

Umugabo arashinjwa guha ruswa uyobora RIB amwizeza kumunezeza ku Gisenyi

Umuyobozi wa kompanyi icukura amabuye y'agaciro yatangiye kuburana aho ashinjwa ko yatanze

Yaguwe gitumo atobora  iduka ashaka kuricucura

Muhanga : Umugabo w’imyaka 48 wo mu Karere ka Muhanga, yafatiwe mu

RCS yateye utwasti ibyo Kwigaragambya kw’abakozi bayo

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora, RCS, rwahakanye ko nta bakozi barwo bari gukora

Umutangabuhamya yahamije Mico ko yamubonye kuri bariyeri

Umutangabuhamya wo mu rubanza rwa Micomyiza Jean paul,  woherejwe mu Rwanda na