Ubutabera

Nyanza: Umusore arakekwaho kwica umugabo amukubise ‘Icupa’

Umusore witwa Ntaganzwa Steven w'imyaka 20 wo mu karere ka Nyanza akurikiranyweho

Nzizera utegura  ‘Rwanda Gospel Stars Live’ arafunze

RIB Ifunze Nzizera Aimable usanzwe ari n’umuyobozi wa ‘Rwanda Gospel Stars Live’yatawe

Abahoze bakomeye muri SACCO barasabwa kwishyura arenga miliyoni 100Frw

Huye: Urukiko rukuru urugereko rwa Nyanza rwasubitse urubanza rwa Josephine Mukamana wari

Umugabo yishyikirije RIB avuga ko yishe umugore we

Umugabo witwa Niyomukesha Evariste ufite imyaka 42 yishe umugore we  Mukeshimana Claudine

Abibaga telefoni i Kigali batawe muri yombi

Urwego rw'Ubugenzacyaga, RIB, rwerekanye abantu batanu bakekwa kwiba za telefoni mu nama

Umusore arakekwaho gusambanya abana biga mu mashuri y’incuke

NYANZA: Umusore wo mu Murenge wa Cyabakamyi wari uragiye inka arakekwaho gusambanya

Bomboko yahamijwe ibyaha yaregwaga birimo n’icya Jenoside

Urukiko rwa Rubanda i Buruseli mu Bubiligi rwahamije Nkunduwimye Emmanuel bita Bomboko

Bicahaga yakatiwe gufungwa imyaka 15, umugore we ahabwa 10

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imbibi ruri i Nyanza mu

Ruhango: Gitifu arashinjwa kwaka ruswa ya 5000 Frw

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Akagari ka Murama, Habarurema Sauteur wo mu Murenge wa Bweramana

“Umurakare” ukekwa gukorera iyicarubozo umugore we arafunzwe

NYAMASHEKE: Ubugenzacyaha bw'u Rwanda bwafunze Munyandekwe Elisha w’imyaka 47 akurikiranyweho gukorera ibikorwa

Affaire y’agahanga k’umuntu kabuze: Urukiko rwarekuye Gitifu wa Cyanzarwe

Rubavu: Urukiko rw’ibanze rwa Gisenyi rwarekuye Nzabahimana Evariste umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa

Nyanza:  Ntarindwa ukekwaho Jenoside akihisha imyaka 23 mu mwobo yaburanye

*Ahakana ko atigeze yica ndetse atayoboye ibitero *Yemera ko yagize uruhare mu

Kamonyi: Umusore arakekwaho gusambanya umwana

Umusore w'imyaka 21 y'amavuko wo mu Karere ka Kamonyi, akurikiranyweho gusambanya umwana

Karongi: Abari barashinze umutwe w’Abagizi ba nabi barafunze

Abari barashinze umutwe w’abagizi ba nabi mu Karere ka Karongi, batawe muri

Urukiko rwafunze by’agateganyo umugabo ukekwaho kwica umubyeyi

Nyanza: Abaregwa muri uru rubanza ni Eric Rukundo umwana wa nyakwigendera Patricie