Ubutabera

Babwiye RIB ko banywa Kanyanga bagira ngo bacurike inzoka

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Kamonyi babwiye Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha

Umugabo wakoze Jenoside yafatiwe i Kigali nyuma y’imyaka amaze yihisha

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha rwataye muri yombi Nyandwi Evariste w'imyaka 66 y'amavuko wari

Nyanza: Umugore akurikiranyweho kwihekura

Umugore wari umaze iminsi ine abyaye umwana, bivugwa ko yacunze abantu batamubona

Urukiko rwongereye indishyi zaciwe Gen Bosco Ntaganda

Ku wa Gatanu Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rukorera i Hague/La Haye mu Buholandi

Abakekwaho kwiba telefoni bakozwemo ubudehe “batandatu bafashwe”

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwafashe agatsiko k’abasore bakekwaho ubujura bwa telefoni, ndetse

Gitifu yafatiwe mu cyuho anyereza Miliyoni 5frw

Kirehe:Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rufunze Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gahara yafatiwe mu cyuho

RIB yafatiye mu cyuho “abarimu barimo gukuriramo inda umunyeshuri”

Nyanza: Umuyobozi w'ishuri wungirije ushinzwe imyitwarire y'abanyeshuri "Prefet de discipline" na bamwe

Munyenyezi yagaragaje amakosa 7 y’imyandikire mu buhamya bwatanzwe mu rubanza rwe

Beatrice MUNYENYEZI n'ubwunganizi bwe mu rubanza aregwamo ibyaha bitandukanye birimo n'icya jenoside,

Burera: Umugabo akurikiranyweho kwica umugore we

Inzego z’umutekano mu Karere ka Burera mu Murenge wa Gahunga zataye muri

U Rwanda rwungutse abagenzacyaha bashya-AMAFOTO

Kuri uyu wa gatanu tariki 7 Nyakanga 2023, mu Ishuri Rikuru rya

Karasira Aimable yabwiye urukiko ko “arota arimo kwicwa”

*yabwiye urukiko ko afite ubwoba ko amagambo avuga azamukoresha ibyaha, asaba kuvuzwa

Nyanza: Banyuzwe n’ibihano byahawe Biguma wahamijwe ibyaha bya Jenoside

Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe abatutsi 1994 bo mu Kagari ka Nyamure

Polisi yafunze ba gaheza mu bujura bwimonogoje mu Mujyi wa Muhanga

Polisi ikorera mu Karere ka Muhanga yataye muri yombi abagabo 3 banyweraga

Umukozi wa Kampani ya ISCO yasanzwe ahambiriye yapfuye

Kamonyi: Ngirumukiza John wakoraga akazi ku burinzi ku ruganda rutunganya amakaro, basanze

Bugesera: Haravugwa ubugizi bwa nabi bw’abitwaje intwaro gakondo

Abantu bikekwa ko ari abajura  bitwaje intwaro gakondo zirimo umuhoro,inyundo, bateye abaturage