Ubutabera

Hatangijwe gahunda yiswe ‘Ubuhuza mu nkiko’ igamije kugabanya ubutinde bw’imanza

Urukiko rw’Ikirenga mu Rwanda rwatangije gahunda yiswe Ubuhuza mu nkiko iri mu

Musanze: Maniriho uregwa gusambanya no kwica Emerence wari ufite imyaka 17 yasabiwe BURUNDU

*Uregwa ibyaha arabihakana byose, akavuga yabyemeye mu Bugenzacyaha "yabanje gukorerwa ibikorwa bibabaza

Ngororero: Abanyeshuri 6 bari barakatiwe imyaka 5 bagabanyirijwe ibihano bahita bafungurwa

Ababyeyi b’abanyeshuri batandatu bigaga kuri ESCOM Rucano bari barakatiwe imyaka itanu y’igifungo

Urukiko Rukuru rwagabanyirije JADO Castar igihano, rumukatira amezi 8

Kuri uyu wa Mbere, Urukiko Rukuru nibwo rwafashe umwanzuro ku bujurire bwa

Umunyamategeko ukekwaho guha ruswa Umucamanza, yasabye kurekurwa “ngo yishyuzaga umukiliya we”

Me Nyirabageni Brigitte yabwiye Urukiko Rwisumbuye kumurekura by’agateganyo agakurikiranwa ari hanze, rugatesha

Shyorongi: Umugabo arakekwa kwicisha  isuka umugore we

Ayindemeye Jean Marie Vianey w’imyaka 44 arakekwa kwica uwari umugore we Mukeshimana

Dr Igabe Egide yasabye gufungurwa ngo abashe kwita ku mwana we urembye

Dr Igabe Egide yasabye urukiko kumurekura kugira ngo yite ku mwana we

Abaturage barasaba RIB koroherezwa igihe hari uwahohotewe

Nyanza: Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyanza barasaba urwego rushinzwe

Urukiko rugiye kwikorera iperereza muri BK ku rubanza rw’abari abakozi bayo

Ku girango harebwe uruhare rwa buri wese yagize hanyerezwa asaga Miliyoni 778Frw,

Urubanza rwa JADO Castar ntirwasomwe, Urukiko ruvuze ko “hari ibigisuzumwa”

Urubanza rwa Visi Perezida wa kabiri w'Ishyirahamwe ry'umukono w'Intoki wa volleyball rwari

Umunya-Korea wakatiwe gufungwa imyaka 5 mu Rwanda, “yahawe amahirwe ya nyuma yo kuburana bushya”

Urubanza rw’Umunya-Korea wakatiwe imyaka 5 n’Urukiko Rukuru rugiye kongera kuburanishwa n’Urukiko rw’Ubujurire

Nyanza: Umukecuru w’imyaka 70 yatawe muri yombi akekwaho guhinga urumogi

Mu mudugudu wa Gahengeri mu kagari ka Kadaho mu Murenge wa Cyabakamyi

Urubanza rwa Mugimba woherejwe n’Ubuholandi rwahawe itariki ruzasomerwaho

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipaka rukorera i Nyanza mu

Isomwa ry’urubanza rw’ubujurire rwa Urayeneza na bagenzi be ryasubitswe ku mpamvu z’Urukiko

Kuri uyu wa Kane hari hategerejwe isomwa ry'urubanza rw'Ubujurire mu Rugereko rwihariye

IBUKA yanenze icyemezo cya RCS cyo kurekura umunyemari Majyambere atarangije ibihano

*RCS ivuga ko habayeho kwibeshya.... Umuryango IBUKA uharanira inyungu z’abacitse ku icumu