Ubutabera

CSP Kayumba wayoboye Gereza ya Mageragere mu bujurire bwe yasabye Urukiko kumurekura

*CSP Kayumba yabwiye urukiko ko nta kimenyetso kerekana ko Kassem yibiwe muri

Impaka zishyushye mu Rukiko ku kuba Cyuma Hassan ari Umunyamakuru cyangwa atari we

*Cyuma ati "Igihano cy'Urukiko Rukuru kigumyeho byaba ari ukuniga ubwisanzure bw'itangazamakuru" *Yavuze

Amb. Gatete Claver yongeye gushyirwa mu majwi mu rubanza rw’inyereza rya za miliyari

Serubibi Eric wahoze ayobora Ikigo cy'Igihugu cy'Imyubakire (Rwanda Housing Authority) yabwiye Urukiko

Rwamagana: Abantu 7 barimo umugore bakurikiranyweho ubujura bucukura inzu

Polisi ikorera mu Karere ka Rwamagana kuri uyu wa Gatanu tariki ya

Nyaruguru: Perezida w’Urukiko rw’Ibanze akurikiranyweho ruswa y’ishimishamubiri ry’igitsina

Perezida w’Urukiko rw’Ibanze rwa Kibeho mu Karere ka Nyaruguru, ukurikiranyweho ibyaha birimo

Musanze: Yatawe muri yombi akekwaho kwiba Moto yiyita umusirikare

Polisi ikorera mu Karere ka Musanze ku bufatanye n’abashinzwe umutekano mu bamotari

Kayonza: Umusore yafatiwe mu cyuho amaze kwiba Miliyoni 2,5Frw

Polisi y'uRwanda ikorera mu Karere ka Kayonza ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano

Umunyamategeko “ukekwaho gusaba uwo yunganira gutanga ruswa” Urukiko rwanzuye ko afungwa by’agateganyo

Saa kumi z’umugoroba nibwo inteko y’umucamanza umwe n’umwanditsi w’urukiko yinjiye mu cyumba

Urukiko rw’i Nyanza rufite dosiye 2,400 zitaraburanishwa zirimo izakiriwe muri 2020

Mu Majyepfo Urukiko rw'Ubujurire rw’i Nyanza rumaze kwakira dosiye 2, 400 zitaraburanishwa,

Umunyamategeko afunzwe azira gusaba uwo yunganira guha ruswa Umucamanza

Ku wa 15 Gashyantare 2022  Urukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro rwatangiye kuburanisha ifunga

Karasira Aimable uzwi nka Professor Nigga yanze kuburanira kuri SKYPE

Kuri uru wa Gatatu Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwari gutangira kuburanisha mu

Umusizi Innocent Bahati “ngo yerengeye Uganda”, RIB ivuga ko yakoranaga n’abanzi b’u Rwanda

*Amakuru ya RIB yatangaje Rumaga watabarije Bahati Umuvugizi w'Urwego rw'Ubugenzacyaha, (RIB) Dr.Murangira

RCS: Ibikorwa byo gusura imfungwa n’abagororwa mu magereza byafunguwe

Kuva ku wa 25 Gashyantare  2022 abafite ababo bafungiwe mu ma gereza

Piscine ya Dove Hotel yateje impaka mu rubanza rw’abahoze bayobora ADEPR

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Gashyantare 2022 ku Rukiko Rukuru

RCS yatangaje ko imfungwa n’abagororwa 58 banze kwikingiza COVID-19

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa (RCS) rwatangaje ko kugeza ubu muri gereza