Ubutabera

Hamenyekanye amakuru ababaje ku mwana w’umukobwa bikekwa ko yishwe na Se

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Kinazi, mu Karere ka Ruhango yavuze ko umugabo

Umutangamakuru w’Ubushinjacyaha yavuze ko Dr. Rutunga yabanaga neza n’ “Abatutsi”

Abatangabuhamya bakomeje kumvwa batanzwe n'Ubushinjacyaha, uwahoze akora muri ISAR Rubona yavuze ko

Babiri mu batangabuhamya bavuze ko batazi Dr. Rutunga woherejwe n’Ubuholandi

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipaka ruri i Nyanza mu

Ushinzwe umutekano akurikiranyweho gusambanya umwana

NYANZA: Inkuru y'itabwa muri yombi ry'uyu mugabo ukekwaho gusambanya umwana y'umvikanye mu

Nyamasheke: Yishe Se bapfuye ingurube

Ubugenzacyaha bw'u Rwanda bufunze abarimo uwitwa Nsabimana Dieudonné w'imyaka 19 bashinjwa gukubita

Umusirikare wishe umugore bapfuye 6900 Frw yahawe imyaka 15 y’igifungo

GICUMBI: Urukiko rwa Gisirikare rwakatiye Cpl Turikumwe igifungo cy’imyaka 15 no kwamburwa

Gasabo: Umugabo yatemye umugore we ajya kwirega kuri Polisi

Umugabo wo mu murenge wa Jabana, mu karere ka Gasabo arakekwaho kwica

Umusirikare uregwa kwicisha umugore ikirahuri yasabiwe ibihano bikomeye

GICUMBI: Urukiko rwa Gisirikare rwatangiye kuburanisha mu ruhame Cpl Turikumwe ukurikiranyweho ibyaha

Umusore wari uvanye magendu y’imyenda muri Tanzania yayifatanywe atarayicuruza

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z'umutekano n'abaturage mu Karere ka

Urukiko rwasabwe gutumiza Gen Rwarakabije mu rubanza rw’abahoze muri FDLR

Umunyamategeko w'unganira Lt.Col Mpakaniye Emelien, Lt.Col HABIMANA Emmanuel na Brigadier Gen Léopord

Nyanza: Umuganga akurikiranyweho gusambanya umwana

Umuganga usanzwe ukora mu bitaro bya Nyanza yatawe muri yombi akekwaho gusambanya

Abahoze mu buyobozi bwa FDLR babwiye Urukiko ko bayinjijwemo ku ngufu

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyamburanya imipaka ruri i Nyanza mu

Huye: Abagabo batatu bafatiwe mu cyuho babaga inka bibye

Abagabo batatu bo mu Murenge wa Ngera mu Karere ka Nyaruguru bari

Bamporiki arasaba kugabanyirizwa igihano, Ubushinjacyaha bukavuga ko icyo yahawe ari gito

*Si ndi umwere ariko mbabariwe nagaragaza ko nagororotse - Bamporiki Kuri uyu

Umunyamategeko Katisiga yarekuwe by’agateganyo

Me Katisiga Rusobanuka Emile uregwa ubufatanyacyaha ku cyaha cy’inyandiko mpimbano kiregwa (Demob)