Ubutabera

Rulindo: Abagabo batatu bafashwe batetse kanyanga

Polisi y'Igihugu ikorera mu Karere ka Rulindo yataye muri yombi abagabo batatu

RIB ifunze abantu 9 bakekwaho kwiba moto no kurema umutwe w’abagizi ba nabi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaga kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Kamena 2022

Kigali: Umukozi wo mu rugo yemeye ko yishe umwana w’imyaka 9

Umukozi wo mu rugo kwa Rudasingwa Emmanuel Victor yemereye Urwego rw'Ubugenzacyaha ko

Ngoma: Umugabo yafatiwe mu cyuho asaba amafaranga abacuruzi avuga ko akorera RDB

Polisi y’ u Rwanda mu Karere ka Ngoma, kuri uyu wa mbere,

Inyubako yariwemo za miliyari: Umunyemari nyirayo n’uwari umuyobozi muri MININFRA bafunzwe

Urukiko Rukuru rwahaye ishingira ubujurire bw'Ubushinjacyaha bwari bwajuririye Christian Rwakunda wahoze ari

Nta rwitwazo, Felicien Kabuga azaburanishwa ku byaha bya Jenoside

Umunyemari Félicien Kabuga, ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 nta

Agahinda ni kenshi ku muryango wabuze umwana bikekwa ko yishwe n’Umukozi wo mu rugo

Kigali - Ku Cyumweru, ku wa 12 Kamena, 2022 umukozi wo mu

Abakozi ba RIB bongerewe ubumenyi mu guhangana n’ibyaha byambukiranya imipaka

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,kuri uyu wa Gatanu tari ya 10 Kamena 2022, rwasoje

Musanze: Urubanza rw’Umuganga uregwa kwica Iradukunda Emerence rwasubitswe

Kuri uyu wa 9 Kamena 2022 Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwasubitse ku

Rulindo: Umuyobozi w’ikigo arakekwa kwiba ibikoresho by’ishuri

Umuyobozi w’ishuri ribanza rya Karengeri (EP.karengeri) witwa Nziza Bernard , risanzwe riherereye

Nyagatare: Umugabo yishwe n’abagabo bikekwa ko yasambanyirizaga abagore

Akagari ka Nyarurema ,Umudugudu wa Kabeza mu Murenge wa Gatunda mu Karere

Kayonza: Abantu icyenda bafashwe bacukura amabuye y’agaciro mu kirombe cy’abandi

Polisi ikorera mu Karere ka Kayonza ,yafashe abantu icyenda bari mu bikorwa

Prince Kid uregwa gusambanya ba Miss ubujurire bwe bwatewe utwatsi

Ingingo zigera kuri esheshatu Ishimwe Dieudonne uzwi cyane ku izina rya Prince

Urubanza rwa Karasira uvuga ko “arwaye mu mutwe” rwasubitswe arwaye n’amaso

Kuri uyu wa Mbere Karasira Aimable Uzaramba yatangiye kuburana mu mizi, saa

Nyanza: Umusore arakekweho gusambanya umwana w’imyaka 8

Mu Mudugudu wa Mwanabiri, mu Kagari ka Ngwa mu Murenge wa Mukingo