Ubutabera

Umunyamategeko ucyekwaho ruswa urukiko rwanze ubujurire bwe ngo arekurwe by’agateganyo

Umucamanza yategetse ko icyemezo cyafunze Me Nyirabageni Brigitte by’agateganyo iminsi 30 muri

Umuyobozi wa ‘Rwanda Housing Authority’ yavuze ko yagambaniwe asaba Urukiko kumurekura

Umuyobozi wa Rwanda Housing Authority yabwiye Urukiko ko azira akagambane nta cyaha

Dr Igabe Egide yarekuwe by’agategaganyo ategekwa kwishyura ingwate

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Werurwe, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge

Abasore batanu bakubise inyundo Manishimwe agapfa basabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Abasore batanu bagabye igitero kuri Butike y’umucuruzi bakica umukozi wayikoragamo witwa Manishimwe

Nyanza: Abaturage bagorwaga no kugera kuri RIB bishimiye ko yabegereye

Abaturage batuye mu Kagari ka Kadaho mu Murenge wa Cyabakamyi mu Karere

Hatangijwe gahunda yiswe ‘Ubuhuza mu nkiko’ igamije kugabanya ubutinde bw’imanza

Urukiko rw’Ikirenga mu Rwanda rwatangije gahunda yiswe Ubuhuza mu nkiko iri mu

Musanze: Maniriho uregwa gusambanya no kwica Emerence wari ufite imyaka 17 yasabiwe BURUNDU

*Uregwa ibyaha arabihakana byose, akavuga yabyemeye mu Bugenzacyaha "yabanje gukorerwa ibikorwa bibabaza

Ngororero: Abanyeshuri 6 bari barakatiwe imyaka 5 bagabanyirijwe ibihano bahita bafungurwa

Ababyeyi b’abanyeshuri batandatu bigaga kuri ESCOM Rucano bari barakatiwe imyaka itanu y’igifungo

Urukiko Rukuru rwagabanyirije JADO Castar igihano, rumukatira amezi 8

Kuri uyu wa Mbere, Urukiko Rukuru nibwo rwafashe umwanzuro ku bujurire bwa

Umunyamategeko ukekwaho guha ruswa Umucamanza, yasabye kurekurwa “ngo yishyuzaga umukiliya we”

Me Nyirabageni Brigitte yabwiye Urukiko Rwisumbuye kumurekura by’agateganyo agakurikiranwa ari hanze, rugatesha

Shyorongi: Umugabo arakekwa kwicisha  isuka umugore we

Ayindemeye Jean Marie Vianey w’imyaka 44 arakekwa kwica uwari umugore we Mukeshimana

Dr Igabe Egide yasabye gufungurwa ngo abashe kwita ku mwana we urembye

Dr Igabe Egide yasabye urukiko kumurekura kugira ngo yite ku mwana we

Abaturage barasaba RIB koroherezwa igihe hari uwahohotewe

Nyanza: Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyanza barasaba urwego rushinzwe

Urukiko rugiye kwikorera iperereza muri BK ku rubanza rw’abari abakozi bayo

Ku girango harebwe uruhare rwa buri wese yagize hanyerezwa asaga Miliyoni 778Frw,

Urubanza rwa JADO Castar ntirwasomwe, Urukiko ruvuze ko “hari ibigisuzumwa”

Urubanza rwa Visi Perezida wa kabiri w'Ishyirahamwe ry'umukono w'Intoki wa volleyball rwari