Ubuzima

Umwana we yatewe ubumuga bukomatanye n’umuturanyi “wamutsindagiye mu bwiherero”

Rusizi: Arasaba ubufasha bwo kuvuza umwana we, no kwita ku bandi 6 afite, nyuma yo gusigara iheru heru avuza umwana…

Rwanda: Abarenga miliyoni 2 bivuza indwara z’ubuhumekero buri mwaka

Buri mwaka, abantu barenga miliyoni ebyiri mu Rwanda bivuza indwara z'ubuhumekero, aho usanga zikunze gusuzugurwa no kutitabwaho nubwo ziri mu…

Ibitaro bya Kabgayi n’ibya Remera Rukoma bifitiwe umwenda wa miliyoni 200Frw

Amajyepfo: Bamwe mu baturage bivuza nta bwisungane mu kwivuza bafite, babereyemo Ibitaro bya Kabgayi ndetse n’ibya Remera Rukoma umwenda w'asaga…

Ibibazo byo mu mutwe biterwa n’ikoreshwa ry’inzoga n’ibiyobyabwenge byariyongereye

Imibare itangwa n'inzego z’ubuzima mu Rwanda, igaragaza ko umubare w’Abanyarwanda bafite ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe wagabanutse, ariko ibiterwa n’ikoreshwa…

Abahinga mu bishanga barasabwa gucika ku kwituma ku gasozi

Abahinga mu bishanga barasabwa kwigengesera, bakirinda kwituma ku gasozi no gukoresha umwanda wo mu musarane nk’ifumbire, kuko bishobora kubanduza indwara…

Ubushera banyoye mu birori bwabateye kujya mu bitaro

Nyanza: Abantu banyoye ubushera mu birori barwariye mu bitaro, Polisi ivuga ko hafashwe ibipimo kugira hamenyekane icyari muri ubwo bushera.…

- Advertisement -
Ad image