Utuntu n'utundi

Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri w’Umutekano mushya, asimbuye Gen Patrick Nyamvumba

Kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Ukuboza, 2021 Umukuru w'Igihugu yashyizeho Minisitiri

Kigali: Polisi yerekanye abashoferi 19 bafashwe batwaye ibinyabiziga banyoye inzoga

Polisi y’Igihugu kuwa Kane tariki ya 9 Ukuboza 2021, yerekanye abashoferi 19

Abanyarwanda 26 barimo umubyeyi wari ufunganywe n’abana be birukanywe ku butaka bwa Uganda

Abanyarwanda 26 barimo umubyeyi wari ufunganywe n’abana be ndetse n’umugabo wari umaze

U Rwanda rwakiriye icyiciro cya 7 kigizwe n’impunzi 176 zivuye muri Libiya

Impunzi zivuye mu Libiya  zisaga 176 zagejejwe mu Rwanda  aho zije ari

Mu Rwanda hakozwe “Inkoni Yera” irimo ikoranabuhanga izajya ifasha abafite ubumuga bwo kutabona

Mu Rwanda hamaze gukorwa inkoni yera y’ikoranabunga “ Inshyimbo” izajya ifasha abafite

Umuhungu w’imyaka 13 yabaye umuntu wi 1344 uhitanwe na Covid-19 mu Rwanda

Minisiteri y'Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki 08 Ukuboza 2021,

U Rwanda rwesheje umuhigo rwihaye wo gukingira Covid-19 abaturarwanda 30%

Guverinoma y’u Rwanda yesheje umuhigo yari yarihaye wo gukingira Covid-19 mu buryo

Hatangiye ubushakashatsi bwazana ibisubizo ku guhangana n’imihindagurike y’ibihe

Nyuma y'uko hagaragaye ko imihindagurikire y’ibihe ibangamira iterambere ry’igihugu, ikigo cy’igihugu cyo

Perezida Kagame azitabira ibirori byo kwizihiza isabukuru y’ubwigenge bwa Tanzania 

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriwe muri Tanzania aho agiye

Dr Nsanzimana yahagaritswe ku buyobozi bwa RBC “ngo hari ibyo akurikiranyweho”

Uwari umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’igihugu cy'ubuzima, RBC, Dr. Sabin  Nsanzimana yahagaritswe kuri

Abasaga 10.000 bamaze guhabwa urukingo rwa Gatatu

Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko abantu bangana 10.985 bamaze guhabwa urukingo rushimangira hagamijwe

U Rwanda rwahawe inkunga y’inkingo za Covid-19 zigera ku bihumbi 165

Doze zisaga ibihumbi 165,600 z’inkingo za Covid-19 zahawe u Rwanda nk’inkuga itanzwe

Abanyarwanda 35 birukanywe na Uganda bageze mu Rwanda

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere abanyarwanda 35 bari bafungiye muri

Kicukiro: Abo muri ADEPR Gashyekero bibukijwe ko ubukristu bubanzirizwa na “Ndi umunyarwanda”

Abayobozi mu Itorero rya ADEPR Gashyekero mu Murenge wa Gikondo mu Karere