Muhanga/Shyogwe: Umugore yasanzwe hafi y’iwe yapfuye

Mu Murenge wa Shyogwe hari umugore wavuye iwe ku wa Gatanu ahagana saa munani z’amanywa, bongeye kumubona bukeye hafi y’iwe yapfuye, umwe mu bakekwaho kugirana isano n’urwo rupfu yajyanwe ku mpamvu z’iperereza. Mukasibo Eugenie w’imyaka 49 ni umugore wakoraga mu birombe aho batwika amatafari, Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Mme Kayitare Jacqueline avuga ko uriya mugore […]