Gicumbi: Ivuriro ryakoreraga mu biro by’Akagari ryabonye ahandi rizajya rikorera

*Bavuga ko bakeneye amashanyarazi Abaturage bo mu Kagari ka Nkoto mu Murenge wa Rutare bavuga ko bamaze igihe bivuriza mu biro by’Akagari, ubu bubakiwe ivuriro rito (Poste de Sante). Ivuriro ryabo riherereye mu Mudugudu wa Rwangamwanda, gusa bekeneye amashanyarazi kuko bavuga ko serivisi bakenera batazibona uko bikwiye. Bamwe mu baturage twaganirije bavuga ko mbere y’uko […]