Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Amakuru aheruka

Gicumbi: Umugabo arakekwaho kwicisha ishoka umugore we

Yanditswe na: NDEKEZI Johnson
2022/06/23 4:32 PM
A A
0
Yisangize abandi kuri FacebookYisangize abandi kuri TwitterYisangize abandi kuri Whatsapp

Umugabo witwa Kanyabikari Augustin w’imyaka 62 arakekwa kwicisha ishoka umugore we Mukasafari Donatha w’imyaka 44 baryamye nk’uko amakuru UMUSEKE wahawe n’inzego z’ibanze abivuga.

Related posts

Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

2022/07/06 7:50 PM
Imyanzuro y’ingenzi wamenya mu biganiro byahuje P.Kagame na Tshisekedi i Luanda

Imyanzuro y’ingenzi wamenya mu biganiro byahuje P.Kagame na Tshisekedi i Luanda

2022/07/06 7:50 PM

Ibi byabaye ahagana saa tanu zo mu ijoro ryakeye, kuwa 22 Kamena 2022 bibera mu Murenge wa Rukomo, Akagari ka Kinyami, Umudugudu wa Kariba mu Karere ka Gicumbi.

Kugeza ubu ntiharamenyekana intandaro ya byo ariko amakuru UMUSEKE wamenye ni uko bari basanzwe babana mu ntonganya, aho umwe yashinjaga undi kumuca inyuma. Gusa aba bombi bari basanzwe babana mu buryo bwemewe n’amategeko.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rukomo, Bayingana Jean Marie Vianney ,yahamarije UMUSEKE ko koko uyu mugabo yishe umugore, akoresheje ishoka.

Yagize ati “Yego ni byo koko, byabaye mu ijoro ryakeye, nibwo natwe twahurujwe n’irondo n’abaturage batubwira ko ayo makuru bayamenye, tugerayo hamwe n’inzego z’umutekano , dusanga ni byo.”

Uyu muyobozi yasabye abaturage kwirinda intonganya zishobora kubakururira urupfu, byakwanga bakitabaza amategeko.

Yagize ati”Turagira inama abaturage ko niyo umuryango waba ufite icyo upfa,umugore n’umugabo batumvikana, ntabwo igusubizo ari ukwica uwo mwashakanye kandi si n’uwo mwashakanye gusa. Kwica umuntu ni icyaha ndengakamere. Niyo haba hari icyo abantu bapfa hari uburyo bwinshi bwateganyijwe n’amategeko kandi arabikemura.”

Uyu muyobozi yavuze ko inzego zishinzwe iperereza , zahise zitangira kurikora.

Nyakwigendera usize abana batatu, umurambo we wahise ujyanwa ku Bitaro bya Byumba, mu gihe ukekwa we yahise atabwa muri yombi akaba afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Byumba.

TUYISHIMIRE RAYMOND / UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetOhereza
Inkuru yabanje

Hashyizwe ibuye ry’ifatizo ahazubakwa uruganda rw’inkingo mu Rwanda

Inkuru ikurikira

Kicukiro: Umugabo yagwiriwe n’ikirombe arapfa

Inkuru ikurikira
Kicukiro: Umugabo yagwiriwe n’ikirombe arapfa

Kicukiro: Umugabo yagwiriwe n’ikirombe arapfa

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Inkuru zikunzwe

  • Gakenke: Gitifu yatawe muri yombi akekwa gusambanya umunyeshuri

    Nyanza: Utaragiye mu kizamini cy’akazi ni we wabonye amanota ya mbere – RIB hari abo ifunze

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Umugabo “wakubise ifuni umugore we n’umwana yafashwe” – Icyo yabajijije kiratangaje

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Imyanzuro y’ingenzi wamenya mu biganiro byahuje P.Kagame na Tshisekedi i Luanda

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Congo yahaye inzu zigezweho Abasirikare bakuru muri FARDC – AMAFOTO

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Musanze: Umuganga wapimye umurambo wa Iradukunda Emerence yagize ibyo asobanura

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Muhanga: Gaz yaturitse itwika umugore mu maso mu buryo bukomeye

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • US: Abapolisi bahuye n’akaga bagiye gufata umugabo witwaje intwaro

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Umwuzukuru wa Perezida Kagame yagaragaye amuha “Bisous” ubwo yari kuri televiziyo-VIDEO

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • MONUSCO yeretse amahanga ko M23 ifite imbaraga zirenze iz’umutwe w’inyeshyamba

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0

Follow us on Facebook

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Amakuru mashya

Imfungwa zisaga 400 zirimo abarwanyi ba Boko Haram zatorotse gereza

Imfungwa zisaga 400 zirimo abarwanyi ba Boko Haram zatorotse gereza

2022/07/06 11:39 PM
KCCA yatandukanye n’abakinnyi umunani barimo Davis Kasirye

KCCA yatandukanye n’abakinnyi umunani barimo Davis Kasirye

2022/07/06 10:20 PM
Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

2022/07/06 7:50 PM

IBYICIRO

  • Abana
  • Afurika
  • Amahanga
  • Amakuru aheruka
  • Amerika
  • Andi makuru
  • Aziya
  • Imideli
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Inkuru ndende
  • Inkuru Nyamukuru
  • Inkuru zihariye
  • Inkuru zindi
  • Iyobokamana
  • Izamamaza
  • Kwibuka
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Uburayi
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urubyiruko
  • Utuntu n'utundi

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010