Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Amakuru aheruka

Inkuba yakubise abantu babiri barimo umwana w’imyaka 4

Yanditswe na: Ange Eric Hatangimana
2023/03/15 4:26 PM
A A
0
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Gakenke: Inkuba yakubise abantu babiri barapfa, ndetse umwe arakomereka, mu bapfuye harimo umwana w’imyaka ine.

Inkuba yakubise abantu babiri barapfa muri Gakenke

Imvura irimo kugwa hirya no hino mu gihugu, kuri uyu wa Gatatu taliki 15, Werurwe, 2023 iyaguye muri gakenke yarimo inkuba yakubise abantu babiri barapfa.

Mu Mudugudu wa Mbizi, Akagari ka Nganzo, Umurenge wa Gakenke, inkuba yakubise Cyprien Musabyimana wari ufite imyaka 52 y’amavuko ahita apfa.

Uyu mugabo yari afite umuryango w’abana barindwi, inkuba yasenye uruhande rumwe rw’inzu ye, ndetse n’inzugi ebyiri zirangirika.

Kwamamaza

Mu Murenge wa Muyongwe, mu Karere ka Gakenke kandi, inkuba yakubise abana babiri bo mu miryango itandukanye umwe ahita apfa.

Umwana wapfuye yitwaga Ndayishimiye Jean d’Amour w’imyaka 4 y’amavuko. Naho mugenzi we Habineza Flavien yakomeretse ajyanwa kuvurirwa ku Kigo Nderabuzima cya Rwankuba.

Iyi nkuru turakomeza kuyikurikirana…..

UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

Kagame ntashyigikiye ko iteka abakinnyi ba Afurika bajya gushaka amaronko i Burayi

Inkuru ikurikira

Ruhango: Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari

Izo bjyanyeInkuru

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

2023/03/27 6:55 PM
EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

2023/03/27 5:01 PM
Byabaye bibi cyane, amasasu yavuze mu myigaragambyo ibera muri Kenya

Byabaye bibi cyane, amasasu yavuze mu myigaragambyo ibera muri Kenya

2023/03/27 4:40 PM
Sankara na bagenzi be bagiye gukamurwamo ubunyeshyamba

Sankara na bagenzi be bagiye gukamurwamo ubunyeshyamba

2023/03/27 3:21 PM
Umugabo yanditse urwandiko rw’irage nyuma yo kwica umugore we

Umugabo yanditse urwandiko rw’irage nyuma yo kwica umugore we

2023/03/27 2:47 PM
Ingabo za Uganda zakozanyijeho n’inyeshyamba benshi bahasiga ubuzima

Ingabo za Uganda zakozanyijeho n’inyeshyamba benshi bahasiga ubuzima

2023/03/27 2:40 PM
Inkuru ikurikira
Ruhango: Umusore w’imyaka 28 yasanzwe mu mugozi yapfuye

Ruhango: Umubiri w'umuntu umaze imyaka 9 mu biro by'Akagari

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: [email protected]

Inkuru iheruka

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

2023/03/27 6:55 PM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010