mll6y

Follow:
12708 Articles

Umudepite yasabye ko ibisheke bihinze mu gishanga cya Nyabarongo bisimbuzwa imboga

Abadepite batanze inama ko ibisheke bihinze mu kibaya cy’uruzi rwa Nyabarongo bihava hagatunganywa hagahingwa imboga maze ibisheke bigahingwa mu nkuka…

Urubanza rw’ubujurire rw’Umunyamakuru Jado Castar rwasubitswe

Kuri uyu wa Mbere mu Rukiko Rukuru hari hateganyijwe urubanza rw'ubujurire rw'Umunyamakuru akaba na Visi Perezida wa Kabiri w'Ishyirahamwe nyarwanda…

Perezida Kagame yasabye ibihugu bya Afurika gufatana urunana bakicyemurira ubuke bw’inkingo

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yasabye ibihugu by’ Afurika kunga ubumwe mu kwishakira igisubizo cy’ubuke bw’inkingo kuri uyu mugabane, nyuma…

Karongi: Arakekwaho kwica umukobwa wamuhaye amafaranga ngo bashakane

Umusore wo mu Murenge wa Rugabano mu Karere ka  Karongi n'abandi basore babiri bari mu maboko y'ubutabera nyuma y'urupfu rw'umukobwa…

Pariki ya Nyungwe ishobora kwiyongera ku rutonde rw’imirage y’isi, muri Mutarama 2021

Abayobozi bo mu nzego zitandukanye bongeye guhurira mu nama nyuguranabitecyerezo harebwa aho ubusabe bugeze nibyakongera kunozwa ngo Pariki ya Nyungwe…

Musanze: Abaturage barinubira abashumba barandura imyaka yabo bakayiha amatungo

Bamwe mu baturage bo mu Mirenge ya Musanze,Kinigi na Nyange yo mu Karere ka Musanze bavuze ko bajujubijwe n’abashumba bahira…

Cyuzuzo Jeanne d’Arc ukorera Kiss FM yambitswe impeta

Umunyamakuru Cyuzuzo Jeanne d’Arc wa Kiss FM, yambitswe impeta n’umukunzi we bagiye kubana nk’umugore n’umugabo, amusaba kumubera umugore undi ntiyazuyaza…

Ngororero: Umuforomokazi yasanzwe aho acumbitse yapfuye

Nyirahabimana Violette w’imyaka 40 y’amavuko wari umuforomokazi ku Kigo Nderabuzima cya Rususa mu Murenge wa Ngororero, Akagari ka Rususa yasanzwe…

Josskid Twely, umunyempano muri Hip Hop utanga icyizere mu muziki nyarwanda

Niyonshuti Joshua ( Josskid Twely) ni umwe mu bahanzi bakizamuka bari kwitwara neza mu muziki wa Hip hop mu Rwanda…

EPISODE 29: Superstar arasabwa kwishyura ibihumbi 300 uyu munsi cyangwa Se agakatirwa gufungwa

Myasiro yitegereje Superstar ahita amubwira ati, “Ese ni ubu buryo wifuje ko ibintu binyuramo? Wafatiranye umudamu wanjye wananiwe ngo tubikemure…