NSHIMIYIMANA THEOGENE

204 Articles

Hari abana bigira mu byumba by’amashuri bitajyanye n’igihe u Rwanda rurimo

Nyaruguru:  Mu murenge wa Nyagisozi, hari ishuri ubuyobozi bwaryo buvuga ko hari ibyumba bishaje bitajyanye n'igihe, ku buryo abana batakwiye…

Umusore w’i Nyanza yapfuye acigatiye icupa ry’inzoga

Ku mugezi bavomaho amazi mu Mudugudu wa Rugwa, Akagari ka Nyabinyenga mu Murenge wa Cyabakamyi hasanzwe umurambo w'umusore w'imyaka 37,…

Nyanza: Umukobwa yasanzwe munsi y’urugo yapfuye

Umurambo w'umukobwa uri mu kigero cy'imyaka 29 wasanzwe munsi y'urugo ahazwi nko kuri Mirongo Ine, birakekwa ko yishwe. Mu masaha…

Byinshi ku nzu y’umuturage yaguzwe n’akarere bitewe n’amateka yayo

RUHANGO: Buri mwaka bamwe mu batuye mu karere ka Ruhango n'abandi baturutse mu bice bitandukanye, baza kwibukira abana n'abagore bishwe…