Amahanga

Museveni yashyikirije Leta ya Tanzania ishuri yubatse mu gace Magufuli avukamo

Kuri uyu wa Mbere tariki 29 Ugushyingo, 2021 Perezida wa Uganda, Yoweri

Israel yemeye kwakira abimukira 3000 bo muri Ethiopia

Leta ya Isirael yafashe icyemezo cyo kwakira abimukira 3000 bo muri Ethiopia

Perezida Cyril Ramaphosa yamaganye amahanga akomeje gushyira mu kato igihugu cye

Perezida wa Africa y’Epfo yagaragaje ko adashyigikiye icyemezo cy’amahanga akomeje kubuza indege

“Umurundi” yafatiwe Kisoro yerekeza Kampala ahetse imbunda 2

Inzego zishinzwe umutekano mu Karere ka Kisoro muri Uganda zataye muri yombi

Perezida Museveni nyuma y’igitero cy’iterabwoba ati “mube maso no mu nsengero musake”

Perezida Museveni yikomye abayobozi b’idini ya Islam bashuka abakiri bato kwiturikirizaho ibisasu,

Ibisasu byaturikiye i Kampala hafi y’Inteko Ishinga Amategeko no ku Biro bya Polisi

*Amakuru aravuga ko abantu 6 bahasize ubuzima barimo Abapolisi 2 *Abadepite basabwe

Burundi: Polisi yarashe babiri bacyekwaho ibikorwa by’iterabwoba

Umuvugizi w'Igipolisi cy'Uburundi yatangaje ko bishe abantu babiri bakoraga ibikorwa by'iterabwoba mu

M23 yasohoye itangazo ku gitero cyayitiriwe iracyamagana

*Ingabo za Leta zivuga ko zasubiranye ibirindiro bya Chanzu zari zambuwe Mu

Perezida Ndayishimiye yatangiye uruzinduko rw’iminsi 5 muri UAE

Perezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi yatangiye uruzinduko rw'iminsi itanu muri Leta zunze

Perezida wa Zambia yamaganye ubutinganyi “ngo igihugu cy’Abakiristu ntikizabwemera”

Umukuru w'Igihugu cya Zambia, Hakainde Hichilema avuga ko Leta izatemera ubutinganyi aho

Birakekwa ko abahoze muri M23 bubuye imirwano, bafashe ibirindiro bya FARDC ahitwa Chanzu

Kuri iki cyumweru tariki ya 08 Ugushyingo 2021 imirwano ikaze yumvikanyemo imbunda

Urukiko rwa Afurika y’Iburasirazuba rwizihije isabukuru y’imyaka 20 rumaze rushinzwe 

Ku wa Gatanu tariki 05 Ugushyingo, Urukiko rw’Afurika y’iburasirazuba (EACJ) rwizihije isabukuru

Urukiko rwahamije Umugore kwica abana be 5 ahanishwa gufungwa burundu

Umugore w’imyaka 28 y’amavuko wo mu gihugu cy’Ubudage ku wa Kane tariki

Amerika yaburiye abaturage bayo bari muri Ethiopia kwitegura kuhava vuba

Amerika yasabye abaturage bayo baba muri Ethiopia kwitonda muri ibi bihe umutekano

Inyeshyamba zateye i Bukavu, 36 muri bafashwe ari bazima abandi 6 baricwa

Hamaze gutangazwa umubare w'abantu baguye mu gitero cy'inyeshyamba mu mujyi wa Bukavu