Amahanga

Amerika yafatiye ibihano abarimo umuvugizi wa M23

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafatiye ibihano abantu batandukanye bo muri Repubulika

RDC: Kiliziya Gatorika yasabye Perezida uzatorwa ‘kutuzuza imifuka ye’

Musenyeri wa Diyosezi ya Goma, Willy Ngumbi Ngengele, yasabye perezida mushya uzatorwa

Gen Bunyoni yakatiwe gufungwa burundu ahita atangaza ko azajurira

Alain Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’uBurundi, yari  amaze igihe afunzwe yashinjwe

Ingabo z’u Burundi na Uganda zahawe igihe ntarengwa zikava muri Congo

Umutwe w'ingabo z'umuryango w'Afurika y'uburasirazuba zari zoherejwe muri Repubulika ya Demokarasi ya

Umwana wa Minisitiri yiciwe mu ntambara ya Israël na Hamas

Major Gal Eisenkot, wari umwana wa Gadi Eisenkot, Minisitiri muri Guverinoma ya

RDC: Agace ka Mushaki i Masisi kafashwe na M23

Amakuru ava muri RD.Congo aremeza ko umutwe wa M23 wamaze gufata agace

Nyuma y’amasezerano y’I Kigali, Ushinzwe abinjira n’abasohoka mu Bwongereza yeguye

Minisitiri w’abinjira n’abasohoka mu Bwongereza, Robert Jenrick yandikiye Minisitiri w’Intebe, Rishi Sunak,

Ingabo za Loni ziri muri Congo zatangiye kuzinga utwangushye

Ingabo za Loni zimaze imyaka irenga 20 muri Repubulika ya Demokarasi ya

Katumbi arashinjwa guterekwa n’u Rwanda mu matora ya Perezida

Minisitiri w'Intebe wungirije akaba na Minisitiri w'Ingabo wa Repubulika ya Demokarasi ya

FARDC na FDLR bagabye ibitero simusiga byo guhorera Col Ruhinda

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, zifatanyije n'umutwe wa FDLR

Uyobora umutwe w’ingabo zidasanzwe za FDLR yishwe

Umuyobozi w’Ingabo zidasanzwe z’Umutwe wa FDLR, Colonel Ruhinda Gaby ubusanzwe witwa Protogène

M23 ivuga ko ifite ibimenyetso simusiga ko FDRL ikorana bya hafi na FARDC

Umutwe wa M23 watangaje ko ufite ibimenyetso simusiga ko umutwe ingabo za

M23 igiye gufata ibice byarimo ingabo za Kenya zari muri Congo

Kuva ku wa Gatandatu amakuru avuga ko ingabo za Kenya zatangiye kuva

RDC: M23 yashinje amahanga guceceka ku bwicanyi bwibasiye abaturage

Umutwe wa M23 wavuze ko amahanga akomeje guceceka ku bwicanyi bukomeje kwibasira

Perezida Kagame ari i Dubai mu nama ya COP28

Perezida Paul Kagame ari i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z'Abarabu aho