Amakuru aheruka

Al-Hilal SC yageze muri ¼ cya CAF Champions League

Al-Hilal SC yakatishije itike ya ¼ cya CAF Champions League nyuma yo gutsinda FC Saint-Éloi Lupopo igitego 1-0 mu mukino…

Perezida Ndayishimiye yatangiye kuyobora AU

Perezida Évariste Ndayishimiye, w'u Burundi yatangiye kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), mu gihe cy'umwaka umwe, inshingano asimbuyeho João…

RDC yemeye guhagarika imirwano “ngo hashyirwe imbere inzira zizana amahoro”

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yakiriye, kandi ishimira ubusabe bwa Perezida wa Angola, João Manuel…

UPDATE: Umugeni wari ugiye gusezerana yishwe n’impanuka

Rulindo: Impanuka y'imodoka yahitanye umugeni wari ugiye gusezerano nk'uko ubuyobozi bwabibwiye UMUSEKE. Iyi mpanuka yabaye kuri uyu wa Gatandatu mu…

Abageni baraye ku kagari n’ibirongoranwa nyuma y’ubukwe

Kigali: Abageni mu Karere ka Nyarugenge, babuze aho bataha nyuma y'ubukwe bajya kurazwa ku biro by'Akagari ka Rwampara bagifite n'ibirongoranwa…

Bugesera: Bibukijwe ko agakingirizo ari ingabo ikingira kwandura SIDA

Abatuye Akarere ka Bugesera bibukijwe ko icyorezo cya SIDA kigihari, aho urubyiruko n’abakuze bakanguriwe gukomeza gukoresha agakingirizo kugira ngo bayirinde…

- Advertisement -
Ad image